skol
fortebet

Kourtney Kardashian na Travis Barker bagaragaye ku Nyanja bari gukora imibonano mpuzabitsina ku karubanda[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 11, Mar 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ibi byabaye kuwa kabiri w’iki cyumweru turi gusoza. Abantu bari bari ku mucanga babonye ibyo biba, batangarije TMZ dukesha iyi nkuru ko Kourtney Kardashian n’umukunzi we Travis Barker baje ku mucanga bavuye kuri “Montage Resort Laguna Beach”; Hoteli y’akataraboneka iri ku mucanga wa Laguna (Laguna Beach) muri California.
Ababibonye bakomeje batangariza TMZ ko ubwo aba bombi, Kourtney n’umukunzi we Travis bavaga kuri piscine bari gusomana cyane, bakomereje ku mucanga “gukomeza igikorwa bari (...)

Sponsored Ad

Ibi byabaye kuwa kabiri w’iki cyumweru turi gusoza. Abantu bari bari ku mucanga babonye ibyo biba, batangarije TMZ dukesha iyi nkuru ko Kourtney Kardashian n’umukunzi we Travis Barker baje ku mucanga bavuye kuri “Montage Resort Laguna Beach”; Hoteli y’akataraboneka iri ku mucanga wa Laguna (Laguna Beach) muri California.

Ababibonye bakomeje batangariza TMZ ko ubwo aba bombi, Kourtney n’umukunzi we Travis bavaga kuri piscine bari gusomana cyane, bakomereje ku mucanga “gukomeza igikorwa bari batangiye”, ibyatumye abantu bose bari bari aho kuri uwo mucanga babarangarira.

Umunyamidelikazi Kourtney Kardashian n’umukunzi we Travis Barker bamaze igihe gito bemeranyije kubana akaramata , bagaragaye ku mucanga (Plage/Beach) bakora imibonano mpuzabitsina batitaye ku babarebaga , mu mu myambaro mishya bari baje kumurika.

Batangarije ikiyamakuru TMZ ijambo kurindi bashushanya neza uko igikorwa cyakozwe (mu magambo tutabasha kubonera igisobanuro hano), bababwira uburyo bageze ubwo Travis amanura gato ipantalo yo mu bwoko bwa jean Kourtney yari yambaye ari nako bakomeza gusomana cyane, ni uko “igikorwa bari batangiye baragisoza”.


Mugihe abandi bari babarangariye bari muri icyo gikorwa, ngo umuryango umwe (family) bari bari kumwe n’abana babo, bari bari hafi y’aho Travis na Kourtney bari bari, ngo barabegereye bababwira amagambo mu ijwi rito abandi batabashije kumva, ariko bakeka ko baba barababwiye ngo “bajye gushaka icyumba”.


Ibyo bimaze kurangira, Kourtney na Travis ngo bahise birukanyira mu nyanja kugira ngo babone “ubukonje” no kugira ngo bakomeze kwishimisha.


Si ubwa mbere aba bagaragaje ko bakunda kwishimishiriza ku mucanga, gusa ubanza ari ubwa mbere bagaragaye bahakorera imibonano mpuzabitsina.

Mu mpera z’umwaka ushize mu Ukwakira, bari ku mucanga, nibwo Travis Barker yasabye Kourtney Kardashian ko yamubera umugore undi aramwemerera. Gusa kuva icyo gihe, nta makuru y’ubukwe bw’aba bombi yari yajya hanze.

Refe:dailymail.co.uk

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa