Ku nshuro ya mbere mu buzima bw’umuhanzi Meddy agiye gutaramira muri Leta ya San Antonio, akaba amaze imyaka umunani akorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho anakurikirana amaasomo.
Uyu muhanzi aritegura gutaramira abanyarwanda batuye muri uyu mujyi n’inshuti zabo ndetse n’abandi bazitabira igitaramo cye mu gusangira iminsi mikuru y’umwaka wa 2017.
Meddy yavuye mu Rwanda akoze ibitaramo bitandukanye birimo n’ibyo yafatanyije na kompanyi ya Airtel ndetse n’icyo yakoreye I (…)
Ku nshuro ya mbere mu buzima bw’umuhanzi Meddy agiye gutaramira muri Leta ya San Antonio, akaba amaze imyaka umunani akorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho anakurikirana amaasomo.
Uyu muhanzi aritegura gutaramira abanyarwanda batuye muri uyu mujyi n’inshuti zabo ndetse n’abandi bazitabira igitaramo cye mu gusangira iminsi mikuru y’umwaka wa 2017.
Meddy yavuye mu Rwanda akoze ibitaramo bitandukanye birimo n’ibyo yafatanyije na kompanyi ya Airtel ndetse n’icyo yakoreye I Nyamata mu Karere ka Bugesera cyizwi nka ‘Beer Fest’.
Iki gitaramo cya Noheli agiye gukorera mu mujyi wa San Antonio muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kizaba tariki 23 Ukuboza 2017, kibere ahazwi nka Burgund ballroom aho kwinjira muri iki gitaramo ari amadorali makumyabiri ya Amerika (20$) guhera saa yine z’ijoro.
Igitaramo cya Meddy
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *