skol
fortebet

Miss Bahati Grace n’imfura ye bitabiriye umukino wa Los Angeles Lakers na Minnesota Timberwolves

Yanditswe: Thursday 17, Mar 2022

featured-image

Sponsored Ad

Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 Bahati Grace n’imfura ye Ethan Muhire bakurikiye umukino Los Angeles Lakers yatsinzwemo na Minnesota Timberwolves.

Sponsored Ad

Miss Bahati Grace uherutse gukora ubukwe, we n’umuhungu we bitabiriye umukino bigaragara ko Wari umukino wa mbere Ethan umuhungu wa Bahati Grace yari arebye muri NBA cyane ko uyu mwana asanzwe ari umufana ukomeye wa Lebron James.

Ethan na Bahati Grace bari bambaye imyenda yerekana ko bashyigikiye Los Angeles Lakers, by’umwihariko ariko uyu muhungu yari yitwaje icyapa cyerekana ko ari umukino we wa mbere arebye muri NBA, ndetse ko ari umufana ukomeye wa LeBron James.

Los Angeles Lakers yatsinzwe na Minnesota Timberwolves amanota 124 ku 104. LeBron James yatsinzemo amanota 19.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa