Kuwa Mbere tariki 12 Ukuboza 2016, nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo y’uko umubyeyi wa Nyampinga w’Umuco Keza Joannah yatabarutse.
Joannah usanzwe ari umunyamakuru wa Televiziyo Rwanda yabwiye Inyarwanda ko umubyeyi we yatabarutse nyuma y’iminsi micye yari amaze arwariye mu bitaro akaba ari nayo yaguye.Uyu mukobwa ntiyabashije kugira byinshi avuga bitewe n’uko yari mu mirimo yo kwakira abantu bazaga iwabo kwifatanya nawe.
Nyampinga w’Umurage (Miss Heritage), Bagwire Keza Joannah, (...)
Kuwa Mbere tariki 12 Ukuboza 2016, nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo y’uko umubyeyi wa Nyampinga w’Umuco Keza Joannah yatabarutse.
Joannah usanzwe ari umunyamakuru wa Televiziyo Rwanda yabwiye Inyarwanda ko umubyeyi we yatabarutse nyuma y’iminsi micye yari amaze arwariye mu bitaro akaba ari nayo yaguye.Uyu mukobwa ntiyabashije kugira byinshi avuga bitewe n’uko yari mu mirimo yo kwakira abantu bazaga iwabo kwifatanya nawe.
- Miss Joannah ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha Mama we
Nyampinga w’Umurage (Miss Heritage), Bagwire Keza Joannah, yahagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Heritage World yaberaga mu gihugu cy’Afurika y’Epfo. Icyo gihe yabashije kuza mu 10 ba mbere mu bakobwa bagera muri 45 bahagarariye ibihugu byabo.
Umuryango.rw wifatanyije na Miss Keza Joannah wabuze umubyeyi we.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *