skol
fortebet

Miss Uwitonze Sonia Rolland ifoto ye yashyizwe ku kinyamakuru Play Boy France yambaye ubusa

Yanditswe: Monday 03, Jan 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi, wabaye Nyampinga w’u Bufaransa 2000, Uwitonze Sonia Rolland yagaragaye kuri ’cover’ y’ikinyamakuru Play Boy France Magazine yambaye ubusa imoko z’amabere ye zigaragara.

Sponsored Ad

Iyo witegereje neza ifoto ya Sonia yakoreshejwe mu kwamamaza nimero nshya y’iki kinyamakuru izasohoka muri Gashyantare 2022, ni ifoto yafatiwe mu bwogero.

Umunyarwandakazi, wabaye Nyampinga w’u Bufaransa 2000, Uwitonze Sonia Rolland
Igaragaza amazi amumekaho ndetse amabere ye yose agaragara n’imoko yayo n’ubwo iry’iburyo ritagaragara neza.

Sonia Rolland nimwe mu nkuru nyamukuru y’iyi nimero izasohoka umwaka utaha muri Gashyantare aho baganiriye na we tariki ya 27 Ukuboza 2021, inkuru izaba imuvugaho yahawe umutwe ugira uti “Sonia Rolland L’Affranchie ” umuntu agenekereje mu kinyarwanda “Sonia Rolland ubohotse”.

Kimwe mu gice kirimo ni Sonia Rolland mu rukundo, akaba yaravuze ko atiteguye kongera gukundana ahubwo arimo gukora cyane kugira ngo yiyiteho.

Rolland w’imyaka 40, muri 2019 ubwo yaganiraga na Gala Magazine, yavuze ko impamvu akunda kwifotoza yambaye ubusa ari uko aterwa ishema n’umubiri we.

Sonia Rolland afite abana babiri b’abakobwa yabyaye ku bagabo babiri, Tess ufite imyaka 15 yabyaranye na Christophe Rocancourt na Kahina ufite imyaka 11 yabyaranye na Jalil Lespert, yavuze ko bahisemo gukora ibyo akora nta kibazo ariko icya mbere ari ukubaha urugero rwiza rw’umugore w’umunyembaraga.


Uwitonze Sonia yagaragaye kuri ’cover’ y’ikinyamakuru yambaye ubusa.
Sonia Rolland yavutse kuri Landrada w’Umunyarwandakazi se umubyara akaba ari Jacques Rolland w’umufaransa. Mu 1990 baje kuva mu Rwanda bahungira i Burundi, haje kuba intambara y’abaturuage maze mu 1994.

Sonia Rolland yavutse kuri Landrada w’Umunyarwandakazi se umubyara akaba ari Jacques Rolland w’umufaransa. Mu 1990 baje kuva mu Rwanda bahungira i Burundi, haje kuba intambara y’abaturuage maze mu 1994 bimukira mu Bufaransa ari naho batuye, ubu afite nyina gusa mu gihe se yitabye Imana muri 2014.

Ibitekerezo

  • iyini photoshop ntamabere ameze kuriya yigirira.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa