Imyidagaduro
Mu bihe bitandukanye reba amafoto yaranze urugendo rwa Rihanna atwite(AMAFOTO)
Yanditswe: Friday 20, May 2022
Amafotto atandukanye yaranze urugendo rw’umuhanzikazi wigaruriye imitima ya benshi ku isi wamamaye nka Rihanna igihe yari atwite.
Amakuru avuga ko Rihanna n’umukunzi we ASAP Rocky bibarutse imfura yabo y’umuhungu kuwa 13 Gicurasi 2022.
Aba bombi bibarutse nyuma y’amafoto bagiye basangiza abakunzi babo agaragaza uyu Muhanzikazi atwite bigaragara ko yari akuriwe.
Aba bombi bamenyaye mu mwaka wa 2012 ariko baza gukundana mu ntangiro z’umwaka wa 2020.
Iyi nimwe mu mafoto yageze hanze mbere ndetse icicikana ku imbugankoranyambaga.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *