skol
fortebet

Mu mafoto atandukanye irebere uburanga bw’Umugore wigaruriye umutima wa Harmonize

Yanditswe: Sunday 22, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi ukomoka mu Gihugu cya Tanzinia wamenyekanye nka Harmonize uko umunsi uje undi ugataha ntasiba kugaragaza amarangamutima afitiye uwahoze ari umukunzi we Kijala Frida yifuza ko basubirana nubwo kugeza ubu uyu mubyeyi ntacyo aramusubiza.

Sponsored Ad

Abantu benshi bafite amatsiko yo kumenya uwahoze ari umukunzi wa Harmonize adasiba kugaragaza ko amukeneye mu buzima bwe bwa buri munsi.


Urukundo rwa Harmonize na Kajala rwamenyekanye Muri Gashyantare 2021 ubwo Harmonize yatangazaga,ariko urukundo rwabo ntirwatinze kuko mu Ugushyingo 2021 uyu muhanzi yahise atangaza ko batandukanye ndetse ahita yerekana undi mukobwa w’Umunya-Australia bari mu rukundo nawe baherutse gutangukana bavuga ko bananiwe kumvikana aho batura.

Bivugwa ko gutandukana kwa Harmonize na Kajala byatewe nuko uyu muhanzi yashatse kuryamana n’umwana w’uyu mugore. Amakuru yasohotse yavugaga ko Harmonize yari amaze iminsi yohereza Paula umukobwa wa Kajala amafoto y’urukozasoni akamubwira n’amagambo aganisha ku kuryamana.

Umukobwa wa Kajala n’umwe mu banyamideli bagezweho mu gihugu cya Tanzania akaba n’umukunzi w’umuhanzi ukunzwe cyane wamenyekanye nka Rayvanny.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa