Imyidagaduro
Mwuka wera yatashye mu mitima y’Abanyarwanda, binjirana mu 2026
Yanditswe: Thursday 01, Jan 2026
Mu nsengero zitandukanye mu Mujyi wa Kigali, Abanyarwanda bahisemo gusenga bashima Imana ibyo yabakoreye mu 2025 no kuyiragiza mu mushya wa 2026.
Abanyarwanda benshi basoje umwaka 2025 bari mu nsengero, bashimira Imana ko yabarinze mu mwaka basoje, ikanabafasha kugera ku migambi bari bafite.
Mu gihe hari abari mu nsengero, abandi bari mu bice bitandukanye aharasiwe ibishashi byinjiza abantu mu mwaka mushya.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *