skol
fortebet

Nizzo yegukanye inkumi y’ikimero uba mu Busuwisi-AMAFOTO

Yanditswe: Thursday 05, Oct 2017

Sponsored Ad

Nshimiyimana Muhamed [Nizzo] wo mu itsinda rya Urban Boyz ari mu rukundo n’umukobwa akaba atuye mu Busuwisi yitwa Nisingizwe Solange, bivugwa ko umucuruzikazi wibera mu Busuwisi.
Nizzo afite umukunzi yahishe itangazamakuru witwa Nisingizwe Solange uba mu Busuwisi, yakundanye na Solange nyuma yo gutandukana na Umulisa Yvette wigaga mu Bushinwa .
Hari amakuru avuga ko ubwo Nizzo yakundanaga na Yvette yanaterataga uyu Solange usanzwe ari umucuruzi ukomeye mu Busuwisi.Ngo nyuma y’igihe bamaze (...)

Sponsored Ad

Nshimiyimana Muhamed [Nizzo] wo mu itsinda rya Urban Boyz ari mu rukundo n’umukobwa akaba atuye mu Busuwisi yitwa Nisingizwe Solange, bivugwa ko umucuruzikazi wibera mu Busuwisi.

Nizzo afite umukunzi yahishe itangazamakuru witwa Nisingizwe Solange uba mu Busuwisi, yakundanye na Solange nyuma yo gutandukana na Umulisa Yvette wigaga mu Bushinwa .






Hari amakuru avuga ko ubwo Nizzo yakundanaga na Yvette yanaterataga uyu Solange usanzwe ari umucuruzi ukomeye mu Busuwisi.Ngo nyuma y’igihe bamaze bakundana mu ibanga rikomeye bashobora kurushinga bakabana nk’umugabo n’umugore.





Ibitekerezo

  • Arasanzwe ntimugakabye

    aramaze asyi we mutuvanireho ayo manjwe yizo ngirwa bacuranzi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa