Nizzo yegukanye inkumi y’ikimero uba mu Busuwisi-AMAFOTO
Yanditswe: Thursday 05, Oct 2017
Nshimiyimana Muhamed [Nizzo] wo mu itsinda rya Urban Boyz ari mu rukundo n’umukobwa akaba atuye mu Busuwisi yitwa Nisingizwe Solange, bivugwa ko umucuruzikazi wibera mu Busuwisi.
Nizzo afite umukunzi yahishe itangazamakuru witwa Nisingizwe Solange uba mu Busuwisi, yakundanye na Solange nyuma yo gutandukana na Umulisa Yvette wigaga mu Bushinwa .
Hari amakuru avuga ko ubwo Nizzo yakundanaga na Yvette yanaterataga uyu Solange usanzwe ari umucuruzi ukomeye mu Busuwisi.Ngo nyuma y’igihe bamaze (...)
Nshimiyimana Muhamed [Nizzo] wo mu itsinda rya Urban Boyz ari mu rukundo n’umukobwa akaba atuye mu Busuwisi yitwa Nisingizwe Solange, bivugwa ko umucuruzikazi wibera mu Busuwisi.
Nizzo afite umukunzi yahishe itangazamakuru witwa Nisingizwe Solange uba mu Busuwisi, yakundanye na Solange nyuma yo gutandukana na Umulisa Yvette wigaga mu Bushinwa .
Hari amakuru avuga ko ubwo Nizzo yakundanaga na Yvette yanaterataga uyu Solange usanzwe ari umucuruzi ukomeye mu Busuwisi.Ngo nyuma y’igihe bamaze bakundana mu ibanga rikomeye bashobora kurushinga bakabana nk’umugabo n’umugore.
Ibitekerezo
Arasanzwe ntimugakabye
aramaze asyi we mutuvanireho ayo manjwe yizo ngirwa bacuranzi