skol
fortebet

Ntibisanzwe: MC yaryoheje ibirori ahembwa kuryamana n’umugeni nyuma y’ubukwe

Yanditswe: Wednesday 18, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umugabo ukora akazi k’ubushyushyarugamba mu birori (MC) yahishuye uburyo umugeni yamuhembye kuryamana na we nyuma yo gushyushya ubukwe bwe bukagenda neza.
Uyu mugabo ukoresha Twitter ku mazina ya @_Odafe_ yavuze ko umudamu yamuhamagaye kuri Instagram hanyuma amaze kumvikana ku giciro, ategereza ko yishyurwa ku kazi yari yakoze. Yakomeje atangaza ko nyuma yamuhamagaye nijoro, yambaye imyenda y’imbere gusa, maze amubwira ko nta kindi gihembo yamuha uretse kuryamana na we.
Yanditse kuri (...)

Sponsored Ad

Umugabo ukora akazi k’ubushyushyarugamba mu birori (MC) yahishuye uburyo umugeni yamuhembye kuryamana na we nyuma yo gushyushya ubukwe bwe bukagenda neza.

Uyu mugabo ukoresha Twitter ku mazina ya @_Odafe_ yavuze ko umudamu yamuhamagaye kuri Instagram hanyuma amaze kumvikana ku giciro, ategereza ko yishyurwa ku kazi yari yakoze. Yakomeje atangaza ko nyuma yamuhamagaye nijoro, yambaye imyenda y’imbere gusa, maze amubwira ko nta kindi gihembo yamuha uretse kuryamana na we.

Yanditse kuri Twitter; Ati: “Umugeni yampamagaye kuri Instagram kugirango nzamubere MC mu bukwe bwe. Twumvikanye kubiciro & Nategereje ubwishyu kugirango twemeze Booking. Yampamagaye nyuma nijoro, yambaye imyenda y’imbere gusa arambwira ngo turaryamana kubera ko namufashije ubukwebukagenda neza.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa