skol
fortebet

Platini P yahuye n’abayobozi bategura AFRIMA[Amafoto]

Yanditswe: Friday 08, Oct 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi Platini P uri kubarizwa mu gihugu cya Nigeriya , aho yagiye mubikorwa bitandukanye birimo kumenyekanisha indirimbo ye Nshya “Shumuleta” yagiranye ibiganiro na AFRIMA

Sponsored Ad

Muri izi gahunda afite mu gihugu cya Nigeriya Platini, avuga ko hari ibitangazamakuru byinshi azagiriraho ibiganiro, mu rwego rwo kumenyekanisha umuziki we muri iki gihugu afitemo abo bakorana.

Platini umaze iminsi muri Nigeria mu imenyekanisha bikorwa bya muzika ye, yageze ku cyicaro cya AFRIMA itegura ibihembo ngarukamwaka. Nta kabuza yahamije ko azabiririmbamo akazaba ari intambwe ku rugendo rwa muzika ye.

Platini P azatarama mu birori byo gutanga ibihembo bya AFRIMA Awards 2021

Platini na we ni umwe mu bahatanira ibi bihembo aho ari mu cyiciro cya ‘Best Artist, Duo or Group in African Contemporary’, indirimbo ye ‘Atansiyo’ ikaba ihatanye n’izindi nka; Fada ya Sooking, Ngayi ya Borgia ft. Jack Inga na Running to You ya Chike ft. Simi.

Platini P ku biro bya AFRIMA Awards 2021
Platini kakiriwe muri Stidio nk’Umwami

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa