skol
fortebet

Reba inkumi y’uburanga yigaruriye umutima wa Lick Lick nyuma yo gutandukana na Oda Paccy

Yanditswe: Monday 13, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bw’inkumi bivugwa ko yigaruriye umutima wa Lick Lick nyuma y’igihe kirekire atandukanye n’umuhanzikazi Oda Paccy babyaranye.

Sponsored Ad

Lick Lick ni umwe mu bahanga u Rwanda rufite kuba mu bihe byashize bakora indirimbo neza haba mu buryo bw’amajwi cyangwa se n’Amashusho.

Nyuma y’igihe kirekire nta nkumi agaragaza baba bari murukundo yongeye kuvugwaho ko yaba ari kumwe n’umukunzi mushya witwa Ella ufite uburanga budashidikanywaho.

Ibi byatangiye kuvugwa nyuma y’ifoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram ari kumwe n’iyo nkumi byatumye benshi batekereza ko ariwe baba barikumwe mu rukundo nyuma y’umuhanzikazi Oda Paccy babyaranye.

Ella ni umunyarwandakazi ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wamamaye mu biganiro by’uruhererekane bigaruka ku rukundo rwa Meddy na Mimi, aho yumvikana ahata uyu muhanzi ibibazo bitandukanye ndetse mubyo asangiza abantu harimo n’amakuru y’ibyamamare nyarwanda biba hanze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa