Umuririmbyi Rita Sahatçiu Ora w’imyaka 27 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yongeye kwifotoza yambaye ubusa nyuma y’uko ku wa 04 Mutarama, 2018 agaragaje ubwambure bwe yifuriza abakunzi be umwaka mushya muhire.
Uyu mukobwa ari mu bahanzikazi bakomeye kandi bubashywe cyane mu ruhando rwa muzika. Azwi cyane mu ndirimbo zitandukanye harimo n’iyo yakoranye na Chris Brown yitwa “Body On Me”
Rita Ora yatunguye benshi yerekana ubwambure bwe
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, (…)
Umuririmbyi Rita Sahatçiu Ora w’imyaka 27 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yongeye kwifotoza yambaye ubusa nyuma y’uko ku wa 04 Mutarama, 2018 agaragaje ubwambure bwe yifuriza abakunzi be umwaka mushya muhire.
Uyu mukobwa ari mu bahanzikazi bakomeye kandi bubashywe cyane mu ruhando rwa muzika. Azwi cyane mu ndirimbo zitandukanye harimo n’iyo yakoranye na Chris Brown yitwa “Body On Me”
Rita Ora yatunguye benshi yerekana ubwambure bwe
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yashyize hanze amafoto yifotoje yambaye ubusa buri buri yicaye i ruhande rw’amazi magari.Avuga ko yashakaga kuhuruka mu bwonko. Mu birori bya Grammy Awards yaserukanye ikanzu idasanzwe yerekana ibibero bye benshi baratangara.
Ibitekerezo
Ni iminsi y’imperuka nyine.IBINYAMAKURU bisigaye bitwereka inkuru nyinshi z’abakobwa bambaye ubusa.Ubu koko ntabwo mubona ko turi mu minsi y’imperuka YESU yavuze?Ubusambanyi babugize umukino.Babyita ko ari ugukunda.Abantu babana basambana,bakabyita ngo "bali mu rukundo".Ibi nibyo byarimbuje abantu bose bali abatuye isi igihe cya NOWA.Harokotse abantu 8 gusa bumviraga imana.Niko bizagenda ku munsi w’imperuka wegereje (Yeremiya 25:33).
Nubwo benshi bapinga ibyerekeye imperuka.Barabiseka cyane.Nta kintu na kimwe imana ivuga ngo cyekuba (Luka 1:37).
Imperuka izaza.It is a matter of time.