skol
fortebet

Rwanda –Burundi imbere k’urutonde rw’ibihugu abifite abakobwa beza muri Afurika[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 08, Aug 2023

featured-image

Sponsored Ad

Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri uwo mwanya.

Sponsored Ad

Dore uko ikinyamakuru cyitwa howafrica cyakoze urutonde rw’ibihugu 10 bifite abakobwa beza muri Afrika.

1.U Rwanda n’Uburundi

Abakobwa b’u Rwanda nabo mu gihugu cy’uburundi bafite ubwiza butangaje ndetse ibihugu by’amahanga birabitiranya bitewe n’uko bose bajya kugira imico n’imyitwarire ijya kumera kimwe .


Bikunzwe kuvugwa ko mu Rwanda haba abakobwa n’abagore beza abantu benshi bakabigira impaka nyamara n’ibinyamakuru byo hanze bikora ubushakashatsi bikemeza ko koko mu Rwanda ari iwabo w’abakobwa beza n’abahungu beza bityo bagashyirwa ku mwanya wa mbere muri Afrika.

Abanyarwandakazi

Abarundikazi

2. Somalia

Igihugu cya Somalia nacyo kigira abakobwa beza bateye neza kandi bafite uruhu rwiza rutemba itoto.

3. Ethiopia

Ethiopia nayo izwiho kugira bakobwa beza kandi bafite igihagararo bakanatera neza.



4.Cape Vert

Ikirwa cya cape Vert naho haba abakobwa beza n’ubwo hadatuwe cyane. Abakobwa n’abagore baho nabo bazwiho kugira uruhu rwiza rwa shokora.

5.Angola

Angola nayo iri mu biguhu bifite abakobwa beza bazwiho kuba bafite uruhu rujya gusa nka shokola, uruhu rukunda kwifuzwa na benshi kuko rugaragara neza.


6.Afurika y’epfo

Afurika y’epfo nayo iri mu biguhu bigira bagore n’abakobwa beza muri Afurika nubwo ari igihugu gituwemo n’abantu b’amoko atandukanye barimo abazungu n’abirabura.




7.Nigeria

Nigeria iza ku mwanya wa karindwi gusa bikunze kuvugwa ko abagore n’abakobwa baho bashakira ubwiza mu birungo( maquillage) ariko bakamenya kubyisiga neza ku buryo bibabera wabareba ukabona babaye beza.

8. Ghana

9.Kenya

Abakobwa n’abagore bo muri Kenya nabo baza mu bakobwa n’abagore beza muri Afurika bakaba bazwiho gukunda nyabyo, kubana n’abandi neza no gukunda umurimo.

10. Tanzaniya
Tanzaniya ni igihugu cyizwiho kugira abakobwa beza muri Afurika kandi bazi kwiyitaho ku buryo umubiri wabo uhora usa neza kandi bakamenya gukurura ababareba

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa