skol
fortebet

Safi yasabye anakwa umugeni we bamaze igihe babana-AMAFOTO

Yanditswe: Sunday 01, Oct 2017

Sponsored Ad

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma y’uko ku Gicamunsi cyo kuri iki cyumweru habaye umuhango wo gusezerana mu Murenge wa Remera mu mujyi wa Kigali.
Gusaba no Gukwa byabereye kw’i Rebero ahajya habera iyi mihango.
Safi wakundanye igihe kinini n’umuhanzi Knowless, umugore basezeranye uyu munsi ntabwo asanzwe azwi mu bya muzika, amakuru (...)

Sponsored Ad

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma y’uko ku Gicamunsi cyo kuri iki cyumweru habaye umuhango wo gusezerana mu Murenge wa Remera mu mujyi wa Kigali.

Gusaba no Gukwa byabereye kw’i Rebero ahajya habera iyi mihango.

Safi wakundanye igihe kinini n’umuhanzi Knowless, umugore basezeranye uyu munsi ntabwo asanzwe azwi mu bya muzika, amakuru ava mu inshuti zabo ahamya ko ubu aba muri Canada anafite ubwenegihugu bwaho.

REBA AMAFOTO:



Rwasa na David Bayingana ni bamwe mubambariye Humble mu muhango wo gusaba no gukwa.


Safi Madiba yari agaragiwe n’ibyamamare nka Riderman [wamugendaga iruhande nka parrain]; Humble wa Urban Boys, Platini Nemeye wa Dream Boyz ndetse na David Bayingana inshuti magara ya Safi.


Hope Irakoze waririmbiye abageni, Kid Gaju, Uncle Austin na Majo bitabiriye ubukwe




Ibi birori byabereye aho Knowless na we yasabiwe na Clement Ishimwe

AMAFOTO: INYARWANDA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa