skol
fortebet

Shaddyboo yahishuye abasore yifuza kubona muri Mr Rwanda uko baba bameze(AMAFOTO)

Yanditswe: Wednesday 01, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mbabazi Shadia umunyamideri wamamanye mu isi y’imyidagaduro nka Shaddyboo nyuma yo kugaragaza ko nta Basore yabonye muri Mr Rwanda yahishuye abasore yifuza muri iri rushanwa uko baba bameze.

Sponsored Ad

Uyu mu byeyi w’abana babiri wakunze kugaragaza ko adashyigikiye irushanwa rya Mr Rwanda ndetse akagaragaza ko nta basore barimo bari bakwiye kujyamo yagaragaje abasore yifuza muri rushanwa uko baba bameze.

Yifashishije imbugankoranyambaga akoresha yagaragaje umusore w’ibigango avuga ko aribo basore bakenewe mmuri Mr Rwanda.

Mu butumwa yagize ati" Aba nibo basore nshaka kubona muri Mr Rwanda, niba bidashoboka mubireke".

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa