Shaddyboo yahishuye abasore yifuza kubona muri Mr Rwanda uko baba bameze(AMAFOTO)
Yanditswe: Wednesday 01, Jun 2022
Mbabazi Shadia umunyamideri wamamanye mu isi y’imyidagaduro nka Shaddyboo nyuma yo kugaragaza ko nta Basore yabonye muri Mr Rwanda yahishuye abasore yifuza muri iri rushanwa uko baba bameze.
Uyu mu byeyi w’abana babiri wakunze kugaragaza ko adashyigikiye irushanwa rya Mr Rwanda ndetse akagaragaza ko nta basore barimo bari bakwiye kujyamo yagaragaje abasore yifuza muri rushanwa uko baba bameze.
Yifashishije imbugankoranyambaga akoresha yagaragaje umusore w’ibigango avuga ko aribo basore bakenewe mmuri Mr Rwanda.
Mu butumwa yagize ati" Aba nibo basore nshaka kubona muri Mr Rwanda, niba bidashoboka mubireke".
Aba nibo basore nshaka kubona muri Mr Rwanda, niba bidashoboka mubireke . pic.twitter.com/VAASbOxttL
— Mbabazi Chadia (Shaddyboo) (@shaddyboo__92) June 1, 2022
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *