skol
fortebet

Umunyamukuru warukunzwe cyane kuri Radio ya Kiss Fm Arthur Nkusi yayisezeyeho

Yanditswe: Friday 24, Dec 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umunyamakuru warukunzwe cyane Nkusi Arthur yatangaje ko yasezeye kuri Radio Kiss Fm, avuga ko atari yarigeza atekereza ko umunsi nk’uyu uzagera mu buzima bwe.
Mu ijoro ry’uyu wa Kane tariki 23 Ukuboza 2021, ni bwo Nkusi Arthur yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko ‘guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Ukuboza 2021 uzaba ari wo munsi wa nyuma ijwi ryanjye ryumvikanye ku ndangururamajwi za Kiss Fm’.
Yakomeje avuga ko igihe kigeze cyo gufata ikiruhuko ku gukora kuri Radio. Avuga ko imyaka (...)

Sponsored Ad

Umunyamakuru warukunzwe cyane Nkusi Arthur yatangaje ko yasezeye kuri Radio Kiss Fm, avuga ko atari yarigeza atekereza ko umunsi nk’uyu uzagera mu buzima bwe.

Mu ijoro ry’uyu wa Kane tariki 23 Ukuboza 2021, ni bwo Nkusi Arthur yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko ‘guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Ukuboza 2021 uzaba ari wo munsi wa nyuma ijwi ryanjye ryumvikanye ku ndangururamajwi za Kiss Fm’.

Yakomeje avuga ko igihe kigeze cyo gufata ikiruhuko ku gukora kuri Radio. Avuga ko imyaka 10 amaze mu itangazamakuru ‘yari agatangaza’.

Arthur ni umukinnyi wa filime, umubyinnyi, umunyarwenya akaba n’umunyamakuru kuri Radio. Yatangiye gukina ikinamico mu 2004 binyuze mu mikino y’iserukiramuco Mashariki yabereye mu Bwongereza muri Amerika n’ahandi.\

Arthur ni umukinnyi wa filime, umubyinnyi, umunyarwenya akaba n’umunyamakuru kuri Radio. Yatangiye gukina ikinamico mu 2004 binyuze mu mikino y’iserukiramuco Mashariki yabereye mu Bwongereza muri Amerika n’ahandi.

Uyu mugabo uherutse kurushinga na Miss Fiona Ntaringwa, yakinny muri filime yamenyekanye izwi nka ‘Shooting Dogs’ na ‘Shake Hands with the Devil’.

Mu 2014, yitabiriye irushanwa rya Big Brother Africa 2014.

Arthur yavuze ko imyaka 10 ishize ari mu itangazamakuru yamubereye iy’urwibutso

Nkusi Arthur yatangaje ko yasezeye kuri Kiss Fm

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa