
Umunyarwenya w’umunyamerika w’ikitegererezo kuri benshi, Kevin Darnell Hart wamenye nka Kevin Hart ari mu Rwanda muri biruhuko. Yaguze imyambaro ya Made in Rwanda mu inzu y’imideli ya Haute Bae, iri mu zikomeye mu Rwanda.
Biravugwa ko Kevin Hart yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 18 Nyakanga 2023 ari kumwe n’umuryango we gusa biracyagoranye kumenya neza gahunda y’urugendo rwe.
Kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023 inzu icuruza imideli ya Haute Baso niyo ya mbere yasohoye amafoto y’uyu munyarwenya wari (...)
Umunyarwenya w’umunyamerika w’ikitegererezo kuri benshi, Kevin Darnell Hart wamenye nka Kevin Hart ari mu Rwanda muri biruhuko. Yaguze imyambaro ya Made in Rwanda mu inzu y’imideli ya Haute Bae, iri mu zikomeye mu Rwanda.
Biravugwa ko Kevin Hart yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 18 Nyakanga 2023 ari kumwe n’umuryango we gusa biracyagoranye kumenya neza gahunda y’urugendo rwe.
Kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023 inzu icuruza imideli ya Haute Baso niyo ya mbere yasohoye amafoto y’uyu munyarwenya wari wayigendereye, bahamya ko bishimiye kumwakira ndetse banamushimira kuba yahahiye.
Urugendo rw’uyu munyarwenya rumenyekanye nyuma y’iminsi bivugwa ko afitanye imikoranire na Mbabazi Egide, umunyarwanda umaze iminsi amufatira amashusho mu birori.
Kevin Darnell Hart wamamaye nka Kevin Hart ni umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime wubatse izina muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akaba afite imyaka 44 y’amavuko.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *