skol
fortebet

Umuririmbyi Davido agiye kwibaruka Ubuheta

Yanditswe: Monday 13, Mar 2017

Sponsored Ad

Umuhanzi David Adedeji Adeleke [Davido], ukomoka mu gihugu cya Nigeria agiye kwibaruka umwana wa kabiri n’umukunzi we w’igihe kirekire utuye mu mujyi wa Atlanta.
Uyu mukunzi wa Davido afite imyaka 24 y’amavuko asanzwe ari umunyeshuli muri Kaminuza ya Georgia State. Yavukiye muri Cape Verdean gusa afite ababyeyi bafite inkomoka mu gihugu cya Togo cyo ku mugabane w’Afurika.
Nk’uko The Net reports yabyanditse ngo uyu mukobwa yitwa Amanda ariko akaba azwi cyane nka Mandy. Muri Mata cyangwa (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi David Adedeji Adeleke [Davido], ukomoka mu gihugu cya Nigeria agiye kwibaruka umwana wa kabiri n’umukunzi we w’igihe kirekire utuye mu mujyi wa Atlanta.

Uyu mukunzi wa Davido afite imyaka 24 y’amavuko asanzwe ari umunyeshuli muri Kaminuza ya Georgia State. Yavukiye muri Cape Verdean gusa afite ababyeyi bafite inkomoka mu gihugu cya Togo cyo ku mugabane w’Afurika.

Nk’uko The Net reports yabyanditse ngo uyu mukobwa yitwa Amanda ariko akaba azwi cyane nka Mandy. Muri Mata cyangwa Gicurasi nibwo biteganyijwe ko uyu mukobwa azibaruka buheta bwa Davido.

Iki kinyamakuru kinavuga ko Davido w’imyaka 24 y’amavuko, ajya akunda gusura cyane uyu mukobwa aho atuye mu mujyi wa Atlanta.

Ku wa 06 Werurwe 2017, abo bombi bahurijwe hamwe n’isabukuru ya Se wa Davido witwa Adewale Adeleke. Davido yakoze uko ashoboye arinda itangazamakuru uyu mukobwa kuburyo bitoroshye kubona ifoto ye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa