skol

Umuririmbyi Geosteady yatandukanye n’umukunzi we bafitanye umwana

Yanditswe: Wednesday 26, Jul 2017

Umuhanzi Geosteady ukomoka mu gihugu cya Uganda yamaze gutandukana mu ibanga rikomeye n’umugore we witwa Prima Kadarshi bafitanye umwana umwe.
Ngo aba bombi hashize amezi arindwi batandukanye kuburyo bitegeze bimenyakane. Ibi kandi byaje no kwemezwa n’uyu mugore ubwo yandikiga ku rukuta rwe rwa facebook avuga ko yamaze gutandukana na Geosteady.
Benshi bavuze ko abeshya bitewe n’uko bakekaga ko yaba ari gushaka gukwamamaza ibitaramo bya Geosteady ategura gukora mu minsi ya vuba. (…)

Umuhanzi Geosteady ukomoka mu gihugu cya Uganda yamaze gutandukana mu ibanga rikomeye n’umugore we witwa Prima Kadarshi bafitanye umwana umwe.

Ngo aba bombi hashize amezi arindwi batandukanye kuburyo bitegeze bimenyakane. Ibi kandi byaje no kwemezwa n’uyu mugore ubwo yandikiga ku rukuta rwe rwa facebook avuga ko yamaze gutandukana na Geosteady.

Benshi bavuze ko abeshya bitewe n’uko bakekaga ko yaba ari gushaka gukwamamaza ibitaramo bya Geosteady ategura gukora mu minsi ya vuba.

Aganira n’umunyamakuru wa Ugblizz, uyu mugore yahamije ko hashize amezi 7 batandukanye n’ubwo babigize ibanga agira ati ”Twaratandukanye hashize amezi arindwi,ubu ndi kumwe n’undi muntu”.

Muri iki kiganiro ariko uyu mugore yanvuze ko afite umukunzi mushya ari nawe uri kumufasha kurera umwana muri iyi minsi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa