skol
fortebet

Uwase Belinda wahatanye muri Miss Rwanda 2017 agiye gukora ubukwe

Yanditswe: Monday 18, Sep 2017

Sponsored Ad

Umukobwa witwa, Umutoni Uwase Belinda, wabaye muri 15 bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2017, ageze kure imyiteguro yo kurushinga n’umukunzi we, impapuro z’ubutumire zamaze kugera hanze.
Umuhango wo gusaba no gukwa, uteganyijwe tariki 1 Ukwakira 2017, uyu muhango uzabera mu mujyi wa Kigali mu busitani bwa SunSet i Kagugu. Umuhango wo gusezerana imbere y’Imana uzaba tariki 7 Ukwakira 2017 muri Moriah Hill Resort ku Kibuye i saa munani z’amanywa.
Belinda yamenyekanye ubwo yiyamarizaga mu (...)

Sponsored Ad

Umukobwa witwa, Umutoni Uwase Belinda, wabaye muri 15 bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2017, ageze kure imyiteguro yo kurushinga n’umukunzi we, impapuro z’ubutumire zamaze kugera hanze.

Umuhango wo gusaba no gukwa, uteganyijwe tariki 1 Ukwakira 2017, uyu muhango uzabera mu mujyi wa Kigali mu busitani bwa SunSet i Kagugu. Umuhango wo gusezerana imbere y’Imana uzaba tariki 7 Ukwakira 2017 muri Moriah Hill Resort ku Kibuye i saa munani z’amanywa.

Belinda yamenyekanye ubwo yiyamarizaga mu ntara y’amajyepfo agiye kurushinga n’umukunzi we, Theo Gakire Ntarugero utarigeze uvuga cyane mu itangazamakuru.

Impapuro z’ubutumire


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa