VD Frank n’umufasha we muri buki mu birwa bya Madagascar-AMAFOTO
Yanditswe: Wednesday 15, Nov 2017
Umunyamakuru, umuhanzi akaba n’umukuru w’Ikinyamakuru Rwanda Paparazzi, Mugisha Frank benshi bazi nka VD Frank ari kumwe n’umufasha we baherutse kurushinga mu birwa bya Madagascar kuva mu cyumweru gishije.
Aba bombi bagiye mu kwezi kwa buki nyuma y’uko imiryango yombi ibahaye umugisha.
Kuya 05 Ugishyingo nibwo VD Frank yahamije isezerano rye n’umukunzi we, basezeraniye mu Murenge wa Remera.Nyuma y’aho yasezeranye imbere y’Imana n’umugore witwa Uwizeye Chantal.
Ku mbuga nkoranyambaga, Frank (...)
Umunyamakuru, umuhanzi akaba n’umukuru w’Ikinyamakuru Rwanda Paparazzi, Mugisha Frank benshi bazi nka VD Frank ari kumwe n’umufasha we baherutse kurushinga mu birwa bya Madagascar kuva mu cyumweru gishije.
Aba bombi bagiye mu kwezi kwa buki nyuma y’uko imiryango yombi ibahaye umugisha.
Kuya 05 Ugishyingo nibwo VD Frank yahamije isezerano rye n’umukunzi we, basezeraniye mu Murenge wa Remera.Nyuma y’aho yasezeranye imbere y’Imana n’umugore witwa Uwizeye Chantal.
Ku mbuga nkoranyambaga, Frank akoresha akomeje gushyiraho amafoto atandukanye ari kumwe n’umufasha we mu birwa bya Madagascar aho bagiye mu kwezi kwa buki.
Ubu bukwe bwa Mugisha Frank na Uwizeye Chantall bwatashywe n’abasitari nyarwanda batandukanye barimo abakina filime , abahanzi , abajyanama babahanzi , abanyamideri ndetse n’abandi bantu batandukanye.
VD Frank yavuye muri muzika yiyegurira gukina filime, aba n’umunyamakuru ashinga ikinyamakuru.
REBA AMAFOTO:
Ibitekerezo
ariko kuki mutanga inkuru mutazi aha bunyonyi lodge kabare niho wita Madagascar kweri muzajya mwitwa ko muvuga ibitari byo
Elle trop belle ta femme