Vd Frank yasabye anakwa Chantal bamaranye imyaka ine-AMAFOTO
Yanditswe: Saturday 04, Nov 2017
Umuyobozi mukuru w’ ikinyamakuru gikorera kuri internet Rwandapaparazzi ndetse na Kigaliwood Photo ikora ibijyanye no gufata amafoto ndetse no gufilima ubukwe Mugisha Frank [Vd Frank] yamaze gusezerana imbere y’ amategeko n’umufasha we, Uwizeye Chantal mu muhango wabereye mu murenge wa nyarugenge mu Akarere ka Nyarugenge .
Hakurikiyeho umuhango wo gusana no gukwa iwabo w’ umukobwa Kimironko aho uyu muhango watangiye ku isaha ya saa 3:30 aho watangijwe ijambo ry’ abasaza babiri bahanaga (…)
Umuyobozi mukuru w’ ikinyamakuru gikorera kuri internet Rwandapaparazzi ndetse na Kigaliwood Photo ikora ibijyanye no gufata amafoto ndetse no gufilima ubukwe Mugisha Frank [Vd Frank] yamaze gusezerana imbere y’ amategeko n’umufasha we, Uwizeye Chantal mu muhango wabereye mu murenge wa nyarugenge mu Akarere ka Nyarugenge .
Hakurikiyeho umuhango wo gusana no gukwa iwabo w’ umukobwa Kimironko aho uyu muhango watangiye ku isaha ya saa 3:30 aho watangijwe ijambo ry’ abasaza babiri bahanaga ijambo ndetse ari nako barasa kuntego yo gusaba.
Ubu bukwe bwa Mugisha Frank na Uwizeye Chantall bwatashywe n’abasitari nyarwanda batandukanye barimo abakina filime , abahanzi , abajyanama babahanzi , abanyamideri ndetse n’abandi bantu batandukanye bagiye bakora udushya tudasanzwe mu ruhando rwa muzika nyarwanda.
Biteganijwe ko ku munsi w’ejo taliki ya 5 aribwo bazasezerana imbere y’ Imana umuhango uzabera i Kanombe ndetse nyuma abatumiwe bazakirirwa muri sale nini yateganyijwe.
REBA AMAFOTO:
AMAFOTO: Rwanda Paparazzir
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *