Vd Frank yasezeranye imbere y’Imana n’umufasha we-AMAFOTO
Yanditswe: Sunday 05, Nov 2017
Umunyamakuru akaba n’ umuyobozi mukuru w’ ikinyamakuru Rwandapaparazzi.rw ndetse na Campanyi ikora ibijyanye no gufata amafoto ndetse no gutunganya amashusho y’ ubukwe y’ ubukwe Mugisha Frank [Vd Frank] kuri uyu munsi taliki ya 5 Ugushyingo nibwo yasezeranye imbere y’ Imana na Uwizeye Chantal.
Nyuma y’uyu muhango hakurikiriyeho umuhango wo kwakira abatumiwe.
Icyagaragaye kandi muri uyu muhango n’uko abantu batandukanye baturutse kumande ebyiri haba iwabo w’ umusore ndetse n’ inkumi bari (…)
Umunyamakuru akaba n’ umuyobozi mukuru w’ ikinyamakuru Rwandapaparazzi.rw ndetse na Campanyi ikora ibijyanye no gufata amafoto ndetse no gutunganya amashusho y’ ubukwe y’ ubukwe Mugisha Frank [Vd Frank] kuri uyu munsi taliki ya 5 Ugushyingo nibwo yasezeranye imbere y’ Imana na Uwizeye Chantal.
Nyuma y’uyu muhango hakurikiriyeho umuhango wo kwakira abatumiwe.
Icyagaragaye kandi muri uyu muhango n’uko abantu batandukanye baturutse kumande ebyiri haba iwabo w’ umusore ndetse n’ inkumi bari babucyereye ubona ko akanyamuneza ari kose ndetse bari baberewe bidasanzwe .
Kuya 04 Ugushyingo 2017 Frank yasezeranye na Chantal Uwizeye bamaranye imyaka ine bakundana. Uyu muhango wabereye mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge.Hakurikiyeho umuhango wo gusaba no gukwa.
Hakurikiyeho umuhango wo gusana no gukwa iwabo w’ umukobwa Kimironko aho uyu muhango watangiye ku isaha ya saa 3:30 aho watangijwe ijambo ry’ abasaza babiri bahanaga ijambo ndetse ari nako barasa kuntego yo gusaba.
Ubu bukwe bwa Mugisha Frank na Uwizeye Chantall bwatashywe n’abasitari nyarwanda batandukanye barimo abakina filime , abahanzi , abajyanama babahanzi , abanyamideri ndetse n’abandi bantu batandukanye bagiye bakora udushya tudasanzwe mu ruhando rwa muzika nyarwanda.
VD Frank yavuye muri muzika yiyegurira gukina filime, aba n’umunyamakuru ashinga ikinyamakuru.
REBA AMAFOTO:

















Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *