skol
fortebet

Wazanye ibyishimo mubuzima bwanjye!Dark Stallion yongeye guca amarenga y’urukundo rwe na Zari

Yanditswe: Friday 24, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Uyu muherwekazi ukomoka muri Uganda,,Zarinah Hassan, uzwi ku izina rya "Zari the Boss Lady" ubwo yiozihizaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 41 ku munsi w’ejo tariki ya 23 , ’The Dark Stallion’ byavugwaga ko batandukanye , yamusakajeho imitoma Zari amwita umugore we mwiza nyuma

Sponsored Ad

Aya magambo yuje imitoma igera ku ndiba y’umutima Dark Stallion yayabwiye Zari kuri uyu wa Kane tariki 23 Nzeri 2021 ubwo uyu mugore yizihizaga isabukuru y’imyaka 41. Dark Stallion mu butumwa yageneye uyu mugore yagize ati: "Isabukuru nziza ku mugore watume izuba rirasira mu buzima bwanje, nshuti yanjye mugore unyeraka urukundo! Uri umuntu nizera kandi nagize amahirwe yo ku kugira iruhande rwanjye. Ugire umunsi mwiza ukubereye mugore wanjye mwiza. Isabukuru nziza mama pinto".


Muri Nyakanga uyu mwaka ni bwo Zari yatangaje ko yatandukanye na Dark Stallion asiba amafoto ye yose ku mbuga nkoranyambaga maze avuga ko amukumbuye ariko agomba kumureka akagenda kuko atamwubaka. Ibyo urukundo rwabo byamenyekanye ku munsi w’abakundana muri uyu mwaka ubwo Zari yamwerekanaga ku nshuro ya mbere.

Zari amugaragaza ku nshuro ya mbere yamwise Dark Stallion

Aya magambo yuje imitoma kandi atamoye Dark Stallion yabwiye Zari yatumye hari abavuga ko aba bombi bashobora kuba bagikundana nk’uko bimwe mu binyamakuru byo muri Uganda n’ahandi byabigarutse

Refe:ghafla.com

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa