skol

Abagabo babiri bategetswe kunyura mu mugi bambaye ubusa nyuma yo gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 17[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 29, Mar 2018

Abagabo babiri bahuye n’uruva gusenya nyuma yo gushinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 17, aho bategetswe kunyura mu mugi bambaye ubusa,amaboko yabo ahambiriye inyuma.
Abagore baziranye n’uyu mwana w’umukobwa, babanje gukubita aba bagabo ndetse babambika ubusa,babategeka kuzenguruka imigi bambaye ubusa mu rwego rwo kubahana bihanukiriye.
Aba bagabo 2 bazengurutse imihanda ya Yingkiong yo mu burasirazuba bw’ubuhindi bambaye ubusa bayirangije bashyikirizwa inzego zishinzwe (…)

Abagabo babiri bahuye n’uruva gusenya nyuma yo gushinjwa gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 17, aho bategetswe kunyura mu mugi bambaye ubusa,amaboko yabo ahambiriye inyuma.

Abagore baziranye n’uyu mwana w’umukobwa, babanje gukubita aba bagabo ndetse babambika ubusa,babategeka kuzenguruka imigi bambaye ubusa mu rwego rwo kubahana bihanukiriye.

Aba bagabo 2 bazengurutse imihanda ya Yingkiong yo mu burasirazuba bw’ubuhindi bambaye ubusa bayirangije bashyikirizwa inzego zishinzwe umutekano.

Uretse aba bagabo polisi yo muri aka gace iri guhiga bukware abandi bagabo 2 bafatanyije n’aba gufata ku ngufu abakobwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa