Abakinnyi bakina mu Rwanda bazitabira imikino ya Afrobasket bamaze kumenyekana
Yanditswe: Wednesday 02, Aug 2017
Ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kanama nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Mutokambali Moise yahamagaye abakinnyi 16 bakina imbere mu gihugu bagomaba kwitabira imikino nyafurika ya Basketball “Afrobasket”izabera muri Tunisia mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.
Iri rushanwa ry’igikombe cya Afurika Afrobasket rizatangira ku itariki ya 8 risozwe ku ya 16 Nzeri uyu mwaka, u Rwanda ruri mu itsinda rizakinira mu mugi wa Tunis.
U Rwanda ruri mu itsinda C hamwe na Tunisia yakiriye iri rushanwa Guinea na (...)
Ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kanama nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Mutokambali Moise yahamagaye abakinnyi 16 bakina imbere mu gihugu bagomaba kwitabira imikino nyafurika ya Basketball “Afrobasket”izabera muri Tunisia mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.
Iri rushanwa ry’igikombe cya Afurika Afrobasket rizatangira ku itariki ya 8 risozwe ku ya 16 Nzeri uyu mwaka, u Rwanda ruri mu itsinda rizakinira mu mugi wa Tunis.
U Rwanda ruri mu itsinda C hamwe na Tunisia yakiriye iri rushanwa Guinea na Cameroon.
Ikipe ya Guinea yabonye itike nayo ku kaburembe kimwe n’u Rwanda cyane ko ibi bihugu byafashwe nk’amakipe yatsinzwe neza (Best loosers) mu turere aherereyemo, ibintu bizafasha u Rwanda muri iri tsinda kuko iyi kipe ya Guinea basa n’abari ku rwego rumwe.
Afrobasket y’uyu mwaka izitabirwa n’amakipe 16 arimo: Angola, Cameroon, Repubulika ya Centrafrica, Cote d’Ivoire, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), Misiri, Guinea, Mali, Morocco, Mozambique, Nigeria, Rwanda, Senegal, Afurika y’epfo, Tunisia na Uganda.
Abakinnyi 16 bahamagawe:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *