skol

APR FC yabonye amanota atatu gusa mu mikino itatu iheruka gukina

Yanditswe: Saturday 03, Dec 2022

featured-image

Ibintu bikomeje kuba bibi ku ikipe ya APR FC kuko mu manota 9iheruka gukinira yabonyemo 3 gusa,ibintu bikomeje kuyishyira kure y’igikombe cya shampiyona uyu mwaka.
Ikipe ya APR FC yanganyije 0-0 na Gasogi United uba umukino wa 3 wikurikiranyije inganyije nubwo yabonye uburyo bwinshi ntibubyaze umusaruro.
Wari umukino w’ishiraniroku mpande zombi kuko ishyaka ryawuranze ku mpande zombi,ryatumye amakipe yombi abasha kwihagararaho.
Amakipe yombi yatangiye umukino asa n’acungana ku jisho, (…)

Ibintu bikomeje kuba bibi ku ikipe ya APR FC kuko mu manota 9iheruka gukinira yabonyemo 3 gusa,ibintu bikomeje kuyishyira kure y’igikombe cya shampiyona uyu mwaka.

Ikipe ya APR FC yanganyije 0-0 na Gasogi United uba umukino wa 3 wikurikiranyije inganyije nubwo yabonye uburyo bwinshi ntibubyaze umusaruro.

Wari umukino w’ishiraniroku mpande zombi kuko ishyaka ryawuranze ku mpande zombi,ryatumye amakipe yombi abasha kwihagararaho.

Amakipe yombi yatangiye umukino asa n’acungana ku jisho, APR FC ikagerageza kwiharira umupira no gushaka amahirwe yabyara igitego ariko bikanga.

Gasogi United na yo yasaga n’ifite icyizere kiri hejuru ikura ku kuba yaratsinze Kiyovu Sports ibitego 3-1 mu mukino uheruka. Ibyo byatumye ibasha kwihagararaho, ntiyinjizwa igitego.

Igice cya mbere cyihariwe na APR FC yari inyoyewe intsinzi kuko abasore bayo bari bazi neza ko amanota 3 y’uyu mukino yari butume bisubiza umwanya wa mbere.

Icyakora kwihagararaho no kunyuzamo igasatira itunguranye, byahiriye cyane Gasogi United na yo yagiye ibona uburyo bumwe na bumwe bwashoboraga gutuma Umunyezamu Ishimwe Pierre ahindukira ariko ab’inyuma bakayibera ibamba, butuma igice cya mbere kirangira ari 0-0.

Igice cya kabiri Gasogi United yabaye nk’iyisubiyeho, ari na ko hakorwa impinduka ku bakinnyi babanjemo ku mpande zombi ariko ntacyo zahinduye ku byarimo biva mu mukino, urinda urangira ari 0-0.

Inota rimwe APR FC yakuye muri uyu mukino ryatumye iguma ku mwanya wa 4 n’amanota 20, ikurikira AS Kigali ya gatatu banganya amanota, Kiyovu Sports ya kabiri ifite amanota 21 na Rayon Sports ya mbere n’amanota 22.

Imikino iteganyijwe:

3/12:AS Kigali v Kiyovu Sports
4/12: Rayon Sports v Bugesera

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

     Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
     irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
     yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
     irwanya umuriro wa Malaria
     yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
     irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
     ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
     Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa