skol
fortebet

Brazil yahuriye n’uruva gusenya mu gihugu cya Bolivia (Amafoto)

Yanditswe: Saturday 07, Oct 2017

Sponsored Ad

Ikipe y’igihugu ya Brazil yahuye n’uruva gusenya ubwo yari mu gihugu cya Bolivia mu mukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabrera mu Burusiya aho yarwanye no guhumeka ndetse benshi mu bakinnyi bayo bagaragaye bafite ibikoresho bibafasha guhumeka.
Ikipe ya Bolivia ikinira ku kibuga cya Hernando Siles iherereye mu murwa mukuru wa La Paz,aho iri ku butumburuke bwa metero busaga ibihumbi 12 hejuru y’inyanja ndetse bituma utamenyereye ikirere cyo kuri iyi stade abura umwuka ari (...)

Sponsored Ad

Ikipe y’igihugu ya Brazil yahuye n’uruva gusenya ubwo yari mu gihugu cya Bolivia mu mukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabrera mu Burusiya aho yarwanye no guhumeka ndetse benshi mu bakinnyi bayo bagaragaye bafite ibikoresho bibafasha guhumeka.

Ikipe ya Bolivia ikinira ku kibuga cya Hernando Siles iherereye mu murwa mukuru wa La Paz,aho iri ku butumburuke bwa metero busaga ibihumbi 12 hejuru y’inyanja ndetse bituma utamenyereye ikirere cyo kuri iyi stade abura umwuka ari nabyo byabaye ku ikipe ya Brazil nubwo yihagazeho ikanganya 0-0 na Bolivia.

Nyuma y’umukino umukinnyi Neymar yatangaje ko gukinira kuri iki kibuga ndetse asaba FIFA ko bahagarika gukinira kuri iki kibuga.

Yagize ati “Gukinira kuri iki kibuga ni ibintu bitari ibya kimuntu,ikibuga,umupira n’ikirere byose ni bibi,gusa twishimiye uko twitwaye kuri uyu mukino.”

Nubwo yahuye n’uruva gusenya,ikipe ya Brazil yabashije kubona itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi gitegerejwe mu Burusiya mu mwaka utaha.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa