skol

Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo iri gushaka itike y’Igikombe cy’Isi yahanwe

Yanditswe: Monday 29, Sep 2025

featured-image

Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo yakuweho amanota atatu, inacibwa ihazabu y’ibihumbi 12$ nyuma yo kwifashisha Teboho Mokoena, wari ufite amakarita y’umuhondo, ku mukino wa Lesotho kandi atabyemerewe.

Ibi bihugu byombi biri mu Itsinda C, hamwe n’u Rwanda mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.

Nyuma yo gukurwaho amanota kwa Bafana Bafana, iri tsinda riyobowe na Bénin n’amanota 14, inganya na Afurika y’Epfo ya kabiri. Nigeria ya gatatu ifite amanota 11, inganya n’u Rwanda rwa kane.

Lesotho ya gatanu ifite amanota 9 mu gihe Zimbabwe ya nyuma ifite 4 mu mikino 8 imaze gukinwa.

Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo yahanwe iri gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa