Ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ,Rayon Sports yatangaje umutoza mushya uzatoza mu mwaka utaha w’imikino wa 2023-2024.
Ku gica munsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 10 Nyakanga 2023, Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umutoza mushya ariwe Yameni AZelfani ukomoka mu gihugu cya Tunisia.
Uyu mutoza yasinye amasezerano y’umwaka 1 akaba asimbuye Umurundi Haringingo watangaje ko atazakomezanya na Rayon Sports nyuma yo gutwara igikombe cy’Amahoro cya 2023 atsinze APR FC ku (…)
Ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ,Rayon Sports yatangaje umutoza mushya uzatoza mu mwaka utaha w’imikino wa 2023-2024.
Ku gica munsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 10 Nyakanga 2023, Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umutoza mushya ariwe Yameni AZelfani ukomoka mu gihugu cya Tunisia.
Uyu mutoza yasinye amasezerano y’umwaka 1 akaba asimbuye Umurundi Haringingo watangaje ko atazakomezanya na Rayon Sports nyuma yo gutwara igikombe cy’Amahoro cya 2023 atsinze APR FC ku mukino wa nyuma igitego 1-0.
Yameni AZelfani w’imyaka 43 yari asanzwe atoza ikipe yitwa Jiddah ikina shampiyona y’ikiciro cya Kabiri muri Arabia Saudite n’andi makipe menshi yo muri iki gihugu kuva yatangira gutoza nk’uwabigize umwuga muri 2015.
Ibitekerezo
Ese uyu mutoza ko nta Seve ye baduhaye ngo tumenye ese afite ibikombe bingahe yatwaye muyahe makipe?mukiciro cya2 rwose ndumva arutwa na francis