
Juno Kizigenza umenyerewe mu muziki Nyarwanda yeretse urukundo Ariel Wayz amwifuriza isabukuru nziza ,abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.
Ku wa Mbere tariki 9 Nzeri 2024, ni bwo umuhanzi Ariel Wayz yagize isabukuru y’amavuko, aho mu bamwifurije isabukuru nziza harimo na Juno Kizigenza bigeze kunyurana mu munyenga w’urukundo.
Juno Kizigenza yamwifurije isabukuru nziza ndetse ashyiraho amashushusho bari kumwe yongeraho n’indirimbo igira iti :” Ninjye nawe tujyanye “.
Aba bahanzi bombi bigeze kuvugwa mu rukundo ibintu nabo biyemereye ,ariko nyuma baje gutangaza ko babivuyemo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *