skol
fortebet

Ku myaka 36 Steven Gerrard yasezeye kuri Ruhago

Yanditswe: Friday 25, Nov 2016

Sponsored Ad

Umukinnyi w’umwongereza ukomeye cyane Steven Gerrard yamaze kwerura ko yeguye kuri ruhago burundu akaba agiye gushaka ibindi bikorwa bijyanye n’umupira w’amaguru akora.
Gerrard yari amaze imyaka igera kuri 18 akina umupira w’amaguru gusa bidasubirwaho yamaze gutangaza ko yareste ruhago burundu.
Steven Gerrard yatwaye ibihembo bitandukanye byo ku mugabane w’I Burayi ndetse anafasha guhesha amakipe yakiniraga ibikombe byinshi, ibi bikaba byaratumye amateka ye atazibagirana.
Nyuma yo kureka (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi w’umwongereza ukomeye cyane Steven Gerrard yamaze kwerura ko yeguye kuri ruhago burundu akaba agiye gushaka ibindi bikorwa bijyanye n’umupira w’amaguru akora.

Gerrard yari amaze imyaka igera kuri 18 akina umupira w’amaguru gusa bidasubirwaho yamaze gutangaza ko yareste ruhago burundu.

Steven Gerrard yatwaye ibihembo bitandukanye byo ku mugabane w’I Burayi ndetse anafasha guhesha amakipe yakiniraga ibikombe byinshi, ibi bikaba byaratumye amateka ye atazibagirana.

Nyuma yo kureka Ruhago Gerrard biravugwa ko yamaze guhabwa akazi k’ubutoza bw’ikipe y’abana ba Liverpool, ikipe nawe ubwe yatangiriyemo yitoza umupira w’amaguru, nyuma akaza kwinjira mu ikipe nkuru ya Liverpool FC., aho yayikiniye hamwe n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza kugeza aho agiye muri Amerikagukinira LA Galaxy.

Abandi bakinnyi bakinanye bamushimiye bamuvuga ibigwi ndetse ko batazibagirwa ibikorwa yabafashije kugeraho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa