Umukinnyi w’umwongereza ukomeye cyane Steven Gerrard yamaze kwerura ko yeguye kuri ruhago burundu akaba agiye gushaka ibindi bikorwa bijyanye n’umupira w’amaguru akora.
Gerrard yari amaze imyaka igera kuri 18 akina umupira w’amaguru gusa bidasubirwaho yamaze gutangaza ko yareste ruhago burundu.
Steven Gerrard yatwaye ibihembo bitandukanye byo ku mugabane w’I Burayi ndetse anafasha guhesha amakipe yakiniraga ibikombe byinshi, ibi bikaba byaratumye amateka ye atazibagirana.
Nyuma yo kureka (...)
Umukinnyi w’umwongereza ukomeye cyane Steven Gerrard yamaze kwerura ko yeguye kuri ruhago burundu akaba agiye gushaka ibindi bikorwa bijyanye n’umupira w’amaguru akora.
Gerrard yari amaze imyaka igera kuri 18 akina umupira w’amaguru gusa bidasubirwaho yamaze gutangaza ko yareste ruhago burundu.
Steven Gerrard yatwaye ibihembo bitandukanye byo ku mugabane w’I Burayi ndetse anafasha guhesha amakipe yakiniraga ibikombe byinshi, ibi bikaba byaratumye amateka ye atazibagirana.
Nyuma yo kureka Ruhago Gerrard biravugwa ko yamaze guhabwa akazi k’ubutoza bw’ikipe y’abana ba Liverpool, ikipe nawe ubwe yatangiriyemo yitoza umupira w’amaguru, nyuma akaza kwinjira mu ikipe nkuru ya Liverpool FC., aho yayikiniye hamwe n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza kugeza aho agiye muri Amerikagukinira LA Galaxy.
Abandi bakinnyi bakinanye bamushimiye bamuvuga ibigwi ndetse ko batazibagirwa ibikorwa yabafashije kugeraho.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *