skol

Nsegiyumva Bernard wakinnye Tour du Rwanda ya mbere yitabye Imana

Yanditswe: Monday 07, Jul 2025

featured-image

Nsengiyumva Bernard umwe mu bakinnyi b’igare bakoze amateka mu Rwanda yitabye Imana ku myaka 73 azize uburwayi. Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.

Nsengiyumva Bernard yavutse mu 1952, avukira mu murenge wa Kibangu, mu karere ka Muhanga. Ku myaka 27, ni bwo yatangiye umukino w’amagare. Yigeze kubwira InyaRwanda ko igare yakoresheje bwa mbere yariguze amafaranga igihumbi cy’amanyarwanda (1,000 Frw).

Ni umwe mu bakinnye Tour du Rwanda ya mbere ahagana mu 1988, ariko aza kuyegukana bwa mbere mu mwaka wa 2001 mbere y’uko igirwa mpuzamahanga afite imyaka 49. Nsengiyumva Bernard witabye Imana azize uburwayi arashyingurwa kuri uyu wa Mbere aho yari atuye i Muhanga.
Nsengiyumva Bernard yitabye Imana azize uburwayi

Nsengiyumva Bernard umwe mu bakinnyi b’igare bakoze amateka mu Rwanda yitabye Imana ku myaka 73 azize uburwayi. Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.

Nsengiyumva Bernard yavutse mu 1952, avukira mu murenge wa Kibangu, mu karere ka Muhanga. Ku myaka 27, ni bwo yatangiye umukino w’amagare. Yigeze kubwira InyaRwanda ko igare yakoresheje bwa mbere yariguze amafaranga igihumbi cy’amanyarwanda (1,000 Frw).

Ni umwe mu bakinnye Tour du Rwanda ya mbere ahagana mu 1988, ariko aza kuyegukana bwa mbere mu mwaka wa 2001 mbere y’uko igirwa mpuzamahanga afite imyaka 49. Nsengiyumva Bernard witabye Imana azize uburwayi arashyingurwa kuri uyu wa Mbere aho yari atuye i Muhanga.

Nsengiyumva Bernard yitabye Imana azize uburwayi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa