Myugariro w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos yashyize hanze amafoto yifotoje yambaye ubusa ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko ndetse inkweto ze nizo zari zitwikiriye imyanya ye y’ibanga.
Uyu myugariro umaze igihe muri Real Madrid ndetse akaba ari kapiteni wayo,yiganye abanyamideli ndetse n’abahanzikazi bamaze iminsi bashyira hanze amafoto bambaye ubusa.
Amafoto y’uyu mukinnyi yambaye ubusa yashyizwe hanze na kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda.
Benshi banenze aya mafoto uyu musore yifotoje (...)
Myugariro w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos yashyize hanze amafoto yifotoje yambaye ubusa ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko ndetse inkweto ze nizo zari zitwikiriye imyanya ye y’ibanga.
Uyu myugariro umaze igihe muri Real Madrid ndetse akaba ari kapiteni wayo,yiganye abanyamideli ndetse n’abahanzikazi bamaze iminsi bashyira hanze amafoto bambaye ubusa.
Amafoto y’uyu mukinnyi yambaye ubusa yashyizwe hanze na kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda.
Benshi banenze aya mafoto uyu musore yifotoje ndetse babazwa no kuba yabikoze kandi ari kapiteni w’ikipe y’igihangange ku isi.
Sergio Ramos ari mu bakinnyi ikipe ya Real Madrid igomba kwifashisha mu mukino ubanza wa ¼ cya UEFA Champions League izakina Juventus ku munsi w’ejo.
Ibitekerezo
ubwo mwe ntimugira amaso?? urabona uriya ariwe koko? reba umusatsi, urebe tatoo ubwose nkawe munyamakuru ubu wabuze ikindi ukora ??