Sam Karenzi wari umukunzi ukomeye wa Gikundiro ari munzira yerecyeza muri APR FC
Yanditswe: Wednesday 05, Jul 2023
Umunyamakaru w’imikino Sam Karenzi wakundaga gutangaza ko ari umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports ari mu mu muryango winjira muri APR FC we na David Bayinga bakajya bakoramo itangazamakuru.
Nk’uko tubikesha ISHUSHO TV shami rya siporo ryatangaje ko aba banyamakuru bombi bari mu muryango winjira mu ikipe ya APR.
Biranavugwa ko umwe azaba Umuvugizi w’ikipe ya APR FC undi aka ba ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho muri iyi kipe.
Umunyamakaru w’imikino Sam Karenzi wakundaga gutangaza ko ari umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports ari mu mu muryango winjira muri APR FC we na David Bayinga bakajya bakoramo itangazamakuru.
Nk’uko tubikesha ISHUSHO TV shami rya siporo ryatangaje ko aba banyamakuru bombi bari mu muryango winjira mu ikipe ya APR.
Biranavugwa ko umwe azaba Umuvugizi w’ikipe ya APR FC undi aka ba ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho muri iyi kipe.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *