skol
fortebet

Ten Hag yahishuye ikintu gikomeye yiteze kuri Cristiano Ronaldo ashaka gutoza

Yanditswe: Tuesday 24, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umutoza mushya wa Manchester United, Erik iTen Hag yemeje ko Cristiano Ronaldo ari muri gahunda ye mu mwaka w’imikino utaha.
Ariko uyu muholandi yanze kwemeza niba Harry Maguire azakomeza kuba kapiteni.
Ten Hag yakoze ikiganiro cye cya mbere n’abanyamakuru nyuma yo kuva muri Ajax.
Uyu mutoza w’imyaka 52 yahaye abafana ba United ibyishimo ubwo yabazwaga ibijyanye na Cristiano Ronaldo.
Nyuma yo kubazwa niba Ronaldo ari muri gahunda ze, Ten Hag yasubije ati: "Nibyo rwose!"
Uyu mutoza (...)

Sponsored Ad

Umutoza mushya wa Manchester United, Erik iTen Hag yemeje ko Cristiano Ronaldo ari muri gahunda ye mu mwaka w’imikino utaha.

Ariko uyu muholandi yanze kwemeza niba Harry Maguire azakomeza kuba kapiteni.

Ten Hag yakoze ikiganiro cye cya mbere n’abanyamakuru nyuma yo kuva muri Ajax.

Uyu mutoza w’imyaka 52 yahaye abafana ba United ibyishimo ubwo yabazwaga ibijyanye na Cristiano Ronaldo.

Nyuma yo kubazwa niba Ronaldo ari muri gahunda ze, Ten Hag yasubije ati: "Nibyo rwose!"

Uyu mutoza yahise abazwa icyo Ronaldo yiteze kuri Cristiano Ronaldo, arasubiza ati"ibitego".

Ibi byatanze ibitwenge mucyumba cy’inama.

Ten Hag yahise abazwa icyo ashaka kubona kuri Ronaldo, asubiza asubiza ati: "Nabanje kuvugana na Ronaldo mbere yuko mvugana nawe."

Uyu mutoza mushya ariko yanze kwemeza ko Harry Maguire azaba kapiteni we mu mwaka w’imikino utaha.

Ten Hag ntabwo yatangaje niba hazashyirwaho kapiteni mushya.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa