Uburyo Neymar yasomye umukunzi we yicaye mu kagare byatangaje abantu [AMAFOTO]
Yanditswe: Saturday 03, Mar 2018
Rutahizamu Neymar Jr ukinira PSG yateye benshi gucika ururondogoro kubera ifoto yagiye hanze ari gusoma umukunzi we Bruna Marquezine amuteruye.
uku niko basomanaga mbere y’uko Neymar abagwa
Uyu musore uri kubarizwa iwabo muri Brazil aho yagiye kubagwa imvune yagize ku kuguru kwe kw’iburyo,ifoto ye n’umukunzi we Bruna Marquezine iri guca ibintu hirya no hino ku isi kubera ukuntu basomanye.
Benshi batangajwe n’uburyo uyu musore wavunitse imvune igiye gutuma amara hanze amezi 3 yateruye uyu (...)
Rutahizamu Neymar Jr ukinira PSG yateye benshi gucika ururondogoro kubera ifoto yagiye hanze ari gusoma umukunzi we Bruna Marquezine amuteruye.
uku niko basomanaga mbere y’uko Neymar abagwa
Uyu musore uri kubarizwa iwabo muri Brazil aho yagiye kubagwa imvune yagize ku kuguru kwe kw’iburyo,ifoto ye n’umukunzi we Bruna Marquezine iri guca ibintu hirya no hino ku isi kubera ukuntu basomanye.
Benshi batangajwe n’uburyo uyu musore wavunitse imvune igiye gutuma amara hanze amezi 3 yateruye uyu mukunzi we yicaye mu kagare k’abamugaye.
Neymar yaherekejwe na Mama we ubwo yari agiye kubagwa mu gitondo
Neymar Jr yavunikiye mu mukino ikipe ya PSG yatsinzemo Marseille ibitego 3-0,ndetse yabazwe uyu munsi mu bitaro bya Mater Dei biherereye mu mugi wa Belo Horizonte.
Neymar na Marquezine Bameranye neza muri iyi minsi
Neymar ntabwo azongera kugaragara mu kibuga muri PSG kuko biteganyijwe ko azagaruka mu gikombe cy’isi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *