skol

Umuziki

Dore abahanzi 10 bazwi mu muziki nyarwanda bize ku ishuri ry’umuziki ku Nyundo.

Mu 2014 nibwo Leta y’u Rwanda yatangije ishuri ry’ubumenyingiro ry’ibijyanye na muzika, iri (…)

Dore ibyamamare mu Rwanda ushobora kuba utaruziko ari abafana b’Ikipe ya Arsenal.

Ikipe ya Arsenal iri mu makipe y’ubukombe ku isi, ni imwe mu makipe afite abafana benshi hirya (…)

Musenyeri Smaragde Mbonyintege ni muntu ki .? Ese amateka ye ni ayahe .? Sobanukirwa byinshi ku buzima bwe.

Musenyeri Smaragde Mbonyintege ni umwe mu bantu bazwi na bantu benshi cyane, uyu ni umugabo (…)

Afite agahigo ko kuba ariwe muntu watsinzwe ikizamini cya Provisoire inshuro nyinshi, 960.

Umugore ukomoka mu gihugu cya Koreya yepfo witwa Cha sa - Soon afite agahigo ku isi ko kuba (…)

Dore abaperezida 10 muri afurika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa Twitter ( X )

Imbugankoranyambaga zoroheje ubuzima ndetse zituma isi iba umudugudu ubu ku munsi wa none (…)

Niba umugabo ashaka ko mutekera ibyo kurya, nawe agomba kuba yiteguye kunshimisha mu buriri amasaaha 10 nta kuruha

Umuhanzikazi akaba icyamamare mu njyana ya Rap ku isi , Cardi B yatangajeko iyo bigeze ku (…)

Jean Lambert Gatare witabye Imana yari muntu ki .? Dore ibyingenzi wamenya ku buzima bwe

Jean Lambert Gatare ni izina riremereye cyane mu itangazamakuru rya siporo mu Rwanda, yabereye (…)

Danny Nanone ukomeje kuvugwa cyane mwiyi minsi ni muntu ki.? ese amateka ye ni ayahe?

Muriyi minsi umuraperi Danny Nanone ari mu byamamare biri kuvugwa cyane ndetse rwose arimo kuza (…)

Kanye West arashinja Jay-Z ko ashaka kumwica

Umuraperi wo muri Amerika, Kanye West, yatangaje ko mugenzi we, Jay-Z, ateganya kumwica nyuma yo (…)

Top10. Ibyamamare byize ku ishuri rya Lycee de Kigali

Mu Kinyarwanda baravuga ngo iyimirijwe ikaramu ntirambururwa bishatse kuvuga ko kwiga ukamenya (…)

Yigeze gukora ahembwa ibihumbi 25frw , Amateka ya Sam Karenzi ubu ufite Radio ye

Abakiriye agakiza ni bo baririmba ngo ‘Mana ukura ku cyavu ukicazanya n’ibikomangangoma, (…)

Dore ibizungerezi 10 bigezweho mu ruganda rwa cinema Nyarwanda uyu munsi.

Kuva cyera na kare Cinema nyarwanda yagiye igira abakobwa b’ibizungerezi buje ubwiza ndetse (…)

Itsinda rya Makoma rigiye kugaruka mu muziki nyuma y’imyaka 21 risenyutse

Itsinda ryitwa ‘Makoma’ ryaciye ibintu mu myaka yashize mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza (…)