skol
fortebet

Umuziki

Umuhanzi Akon yaciye impaka ku rwego rwa Davido na Burna Boy

Umuhanzi Akon wamenyekanye mu myaka yo hambere mu ndirimbo zitandukanye yatangaje uwo abona (...)

Hamisa Mobetto yagaragaje ibimenyetso by’uko ashobora kurongorwa n’uwamuguriye Range Rover

Umunyamideli akaba n’umushabitsi wo muri Tanzaniya, Hamisa Mobetto, yatangaje ko agifite ikizere (...)

Jose Chamelione yifatiye ku gahanga abashatse kungukira ku burwayi bwe

Umuhanzi Jose Chamelione uherutse kuva mu bitaro muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yavuze ko (...)

Umuhanzi Niyo Bosco wajyanywe mu bitaro igitaraganya yatashye

Niyo Bosco yavuye mu bitaro nyuma y’amasaha make ajyanywe kwa muganga arembye, abaganga (...)

Wema Sepetu utarabona umwana yashenguwe n’uwamushushanyije ateruye uwa baringa

Wema Sepetu wigeze kuba nyampinga muri Tanzaniya, yongeye kugaragaza ko anyotewe no kuba (...)

Diamond uzwiho gushaka abagore benshi ahamya ko idini rye rimwemerera

Icyamamare mu muziki wo mu gihugu cya Tanzania (Bongo Flava Tanzania), Naseeb Abdul Juma (...)

Icyishe Lisa Marie Presley umukobwa w’ikinenge w’icyamamare Elvis Presley cyatangajwe

Lisa Marie Presley, umwana w’ikinege w’icyamamare muri rock ’n’ roll Elvis Presley, yapfuye azize (...)

Inshoreke ya Davido yise Burna Boy umutinganyi

Umugore witwa Ivanna Bay uherutse kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Davido, yashinje Burna Boy ko (...)

Nyuma y’igihe gito asezerewe mu bitaro Chameleone yatunguranye mu gitaramo

Umuhanzi Jose Chameleone Mayanja, yatunguranye ataramira abakunzi be mu gitaramo cyabereye mu (...)

Jose Chameleoneuherutse kubagwa munda yavuye mu bitaro yari amazemo iminsi

Umuririmbyi w’Umunya-Uganda wubatse amateka mu muziki, Jose Chameleone, yavuye mu bitaro aho (...)

Uganda: Imbuga zose zitambutsa amashusho y’urukozasoni zigiye gufungwa

Minisiteri ishinzwe amakuru muri Uganda yiyemeje gufunga imbuga zose zitangaza amashusho (...)

Icyo wamenya ku irushanwa rihanganishije Abogosha, Abasiga inzara n‘abakora iby’ubwiza

Abakora akazi kajyanye no gukora ibintu by’ubwiza mu Rwanda bazajya bahabwa ibihembo mu gikorwa (...)

Angel Divas agiye kwamamaza umuziki w’u Rwanda mu Burayi

Angel Divas Amber Rose umunyarwandakazi umaze imyaka irenga 13 mu Bufaransa yiyemeje (...)

Diamond Platnumz arasohora indirimbo nshya nyuma y’akaruhuko yari yihaye

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma Issack, wamamaye nka Diamond Platnumz, yatangaje ko muri uku kwezi (...)

Nti bisanzwe: Yibagishije incuro 40 ngo ase n’umuhanzi Ricky Martin afana

Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi ku ruhando rw’imyidagaduro cyane muri Amerika y’Amajyepfo (...)

0 | ... | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | 180 | 195 | ... | 495