skol
fortebet

SHANGAZI AHAGURUKIYE AMAKIMBIRANE YO MUBURIRI AKOMEJE GUFATA INDI NTERA

Yanditswe: Friday 14, Mar 2025

featured-image

Sponsored Ad

Mu miryango imwe nimwe hakomeja kumvikana amakimbiranye usanga ashingiye ahanini ku kuba muburiri bwabashakanye bitagenda neza.

Sponsored Ad

Ni amakimbirane ubu yatangiye no gufata indi ntera kuburyo hari n’abamburana ubuzima biturutse kukutumvikana kubiri kubabaho.

Uku bimeze binakururira abagore guca inyuma abo bashakanye, uwo bihiriye bikamubera amarenza munsi.ariko uwo umugabo afatiye mu cyuho barashyamirana ndetse bikagera no ku rwego rwo kwamburana ubuzima.

Gihamya n’umugore uherutse mu itangazamakuru bivugwa ko yaciye ubugabo bw’umugabo we, n’abarara barwana kubera ko muburiri bitagenze neza.

Aha rero niho Shangazi azira, aho avuga ko uyu munsi yabazaniye umuti uvura ubwo burwayi butuma bitagenda neza.

Shangazi arashishikariza abagabo Bafite iki kibazo cyo Kudatera akabariro neza ko bamusanga akabaha umuti bakongera bakagira Ijambo mungo zabo

Arabahumuriza ko ataramarizi ahubwo baza bakabanza bakaganira akamenya icyabiteye akabagira inama akabaha numuti nyuma yo kuganira
abagore badafite amazi bazwi kw’Izina rya Mukagatare nabataraciye imyeyo muze musange Shangazi abafashe murwanye Gucana Inyuma aho kugirango abagabo banyu babace Inyuma cg bajye babikora bimyoza

Mugane Shangazi aho akorera mumu gi wa Kigali urenze gato aho gereza ya Nyarugenge ya hoze ikindi kubatari Hafi namwe twabatekerejeho aho mwaba muribose igihugu mwaba murimo cyose Umuti ubageraho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa