Opinion
Urubanza rwa Prince Kid! Ko abasambanyijwe bahakanye haba hari imbaraga zindi ziri inyuma yarwo?
Yanditswe: Friday 15, Sep 2023
Urubanza rwa Prince Kid rurakomeje! Ubusambanyi muri Miss Rwanda byari ibisanzwe bivugwa ko biba ubona binasa nk’aho ntawe bibangamiye(kuba biba cg bivugwa)!
Imanza ziriho ubu no kuyihagarika hari abavuga ko zatewe ni uko bwaba bwari bugeze no mu "Bana bo mu Mbyeyi"! Ariko se, ko abavugwa ko basambanyijwe bahakanye bizarangira gute? Hari n’abavuga ko hari abishakiraga irushanwa ariko "bakarandura nabi umwumbati"🙄Birerekeza he? Kurikira ikiganiro.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *