Umugabo wari wari wararanye n’uwahoze ari umugore we mu macumbi y’akabari gaherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu yasanzwe yapfuye mu gihe umure yari yamutaye mucyumba abwira abakora muri ako kabari ko agiye kuzana amafaranga yo kwishyura icumbi.
Abaririmbyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana muri Korali Sion yo mu itorero rya ADEPR Jenda mu karere ka Nyabihu,batangaje ko umwe mu baririmbyi bayo yibarutse abana 4 icyarimwe.
Mu...
Amasezerano y’ubukwe hagati y’abakundanye muri rusange ni kimwe mu bintu bisigaye bikomeye mu mibanire y’abantu
Hari videwo y’amasezerano"y’abarushinze mu Buhinde yamamaye cyane ku mbuga...
Abagurisha amasanduku yo gushyinguramo mu mujyi wa Kumasi muri Ghana barinubira ibura ry’abakiriya nkuko babitangaje mu kiganiro bagiranye n’umunyamakuru wo mu karere ka Ashanti.
Bavuze ko...
Amafoto atangaje yerekanye abaturage bo mu Buhinde bunamye bashishikaye bari gutoragura amafi yabonetse nyuma y’imvura yaguye ikabaheza mu nzu.
Inkuru dukesha The Sun ivuga ko umwe mu bari aho...
Shakira na Gerard Pique ntibakiri kumwe nk’umugabo n’umugore, ariko nyina w’uyu muririmbyikazi arashaka ko basubirana.
Nidia Ripoll, uri mu mujyi wa Barcelona kwita ku mugabo we urwaye ndetse...