skol

Ibyo wamenya ku muti wavumbuwe uzajya utuma umuntu adasaza

Yanditswe: Wednesday 12, Jul 2023

featured-image

Uhereye mu mwaka wa 2045 ikibazo cy’imfu za hato na hato kizaba kitakivugwa kuko iminsi yo kubaho izaba yarabaye myinshi nk’uko abahanga bo muri kaminuza ya Massachusetts babitangaza.
Ibi bikubiye mu gitabo cyanditswe n’abahanga 2 bo mu kihgo cy’ubushakashatsi cy’iyi kaminuza aricyo Massachusetts institute of Technology.
Aba bahanga José Luis Cordeiro na David Woody batangaje Maxiscience ko bari gushakisha uko babona ibintu bifasha abantu kuramba bifashishije uburyo bwo guhindura tumwe (…)

Uhereye mu mwaka wa 2045 ikibazo cy’imfu za hato na hato kizaba kitakivugwa kuko iminsi yo kubaho izaba yarabaye myinshi nk’uko abahanga bo muri kaminuza ya Massachusetts babitangaza.

Ibi bikubiye mu gitabo cyanditswe n’abahanga 2 bo mu kihgo cy’ubushakashatsi cy’iyi kaminuza aricyo Massachusetts institute of Technology.

Aba bahanga José Luis Cordeiro na David Woody batangaje Maxiscience ko bari gushakisha uko babona ibintu bifasha abantu kuramba bifashishije uburyo bwo guhindura tumwe mu turemangingo tugize umubiri w’umuntu dutuma habaho gusaza.

Uru rubuga rwakomeje ruvuga ko mu myaka 20 iri imbere abantu benshi bazashora imari zabo muri ubu buhanga kuburyo umuntu wese uzajya ujya kwivuza azajya akoresha ubu buhanga kukiguzi gito cyoroheye buri wese.

Aba bahanga kandi bemeza ko nta ngaruka mbi ibi bintu bigira ku buzima bwa Muntu, ndetse akemeza ko abantu bazajtya bakoresha inyama zizaba zakozwe muri ubu buhanga nk’uko bari basanzwe bakoresha inyama z’inyamaswa.

Hari abatangiye kuvuga ko Abantu nabo bagiye guhinduka nk’ibimera bikorerwa iki gikorwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa