skol

Shania Twain wakunzwe mu ndirimbo z’Urukundo yavuze akaga yahuye nako akiri umwana

Yanditswe: Sunday 04, Dec 2022

featured-image

Umuhanzikazi "Shania Twain" uri mu beza isi yagize kuva muri za 90, yatangaje ko yahoze yakuze ahisha cyane amabere ye kugira ngo yirinde ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorerwaga n’umugabo wa kabiri wa nyina ubwo yari akiri umwangavu.
Uyu muhanzikazi w’umunya Canada, ufite imyaka 57, yavuze ku bwana bwe bwari bugoye, akurira mu bukene muri Ontario hamwe na barumuna be bane babana na mama we Sharon na se wa kabiri, Jerry Twain, bahawe uburenganzira bwo kubarera mu buryo bwemewe (…)

Umuhanzikazi "Shania Twain" uri mu beza isi yagize kuva muri za 90, yatangaje ko yahoze yakuze ahisha cyane amabere ye kugira ngo yirinde ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorerwaga n’umugabo wa kabiri wa nyina ubwo yari akiri umwangavu.

Uyu muhanzikazi w’umunya Canada, ufite imyaka 57, yavuze ku bwana bwe bwari bugoye, akurira mu bukene muri Ontario hamwe na barumuna be bane babana na mama we Sharon na se wa kabiri, Jerry Twain, bahawe uburenganzira bwo kubarera mu buryo bwemewe n’amategeko.

Mu rwego rwo guhangana n’ihohoterwa ryaturukaga ku miterere ye n’irishingiye ku gitsinda,Shania yasobanuye mu kiganiro ko yageragezaga gukora ibishoboka byose kugira ngo atagaragara mu nzu.

Shania aganira n’ikinyamakuru The Sunday Times, yagize ati: ’Narihishaga kandi nkanahisha amabere yanjye. Nambaraga amasutiye mato cyane kuri njye, kandi nkambara 2, kugira ngo ntagaragara nk’umukobwa.Byanyoroherezaga kugenda ntamenyekanye.

Kuko mana yanjye,byari biteye ubwoba,ntabwo ugomba kuba umukobwa mu nzu yanjye.

Yakomeje asobanura ko ibyo byakomeje mu gukura kwe ndetse ngo avuye mu rugo yabibonye ahantu henshi.

Madamu Shania Twain yavuze ko yatangiye guhohoterwa ku myaka 10.

Shania ntabwo azi se wamubyaye.Uyu mugabo wa kabiri washakanye na nyina,witwa Jerry na nyina Sharon bapfuye bazize impanuka y’imodoka mu 1987.

Uyu muhanzikazi azwi mu ndirimbo zizwi nka "Any Man of Mine" ,"Forever and for always","You’re Still the One", "From This Moment On", "That Don’t Impress Me Much" and "Man! I Feel Like a Woman!".

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

     Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
     irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
     yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
     irwanya umuriro wa Malaria
     yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
     irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
     ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
     Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa