U Rwanda mu bihugu bya mbere muri Afurika mu kugira Internet yihuta cyane [URUTONDE]
Yanditswe: Saturday 26, Aug 2023
Igihugu cya Afurika y’Epfo nicyo kiyoboye ibindi muri Afurika mu kugira internet yihuta ku isegonda kurusha ibindi mu gihe ku isi ari icya 52.
Uyu muvuduko uvugwa hano ku bakoresha telefoni na mudasobwa aho iki gihugu kiza imbere y’ibirimo u Rwanda.
Muri iki gihe,ikoranabuhanga nicyo kintu kiyoboye isi aho Interineti iri mu byifuzwa cyane na benshi kurusha ikindi kintu cyose.
Raporo ya Ookla’s Speedtest Global Index,igaragaza ko ibihugu nka Uganda,Mauritius,Morocco n’u Rwanda bigwa mu ntege Afurika y’Epfo mu kugira interineti yihuta.
Harebwe ku muvuduko ibihugu byinshi byungukiye kuri gahunda ya Kompanyi ya MTN yashoye miliyari y’amadolari mu kongera umuvuduko yaba mu kuzana 4G na 5G.
Reba ibihugu bya Mbere muri Afurika bibamo Internet yihuta:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *