skol
fortebet

Umupasiteri wo muri Ghana yakoresheje igiterane cyo gushimira Imana kubera Chelsea [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 06, Jun 2017

Sponsored Ad

Pasiteri Azigiza wo mu mugi wa Accra mu gihugu cya Ghana yakoreshe igiterane cyo gushima Imana ku bw’ insinzi z’ ikipe ya Chelsea.
Uyu mupasiteri akaba n’ umukunzi w’ akadasohoka w’ ikipe ya Chelsea yasabye abakirisitu kuza muri icyo giterane bambaye imyenda ya Chelsea (Ubururu).
Pasiteri Azigiza ahagaze iruhande rwa gato ikoze mu kirango cy’ ikipe ya Chelsea ashagawe n’ abakirisitu bambaye imyenda ya Chelsea ku buryo ubona bisa neza neza n’ ifoto yo mu mupira w’ amaguru.
Yagize ati “Kubera (...)

Sponsored Ad

Pasiteri Azigiza wo mu mugi wa Accra mu gihugu cya Ghana yakoreshe igiterane cyo gushima Imana ku bw’ insinzi z’ ikipe ya Chelsea.

Uyu mupasiteri akaba n’ umukunzi w’ akadasohoka w’ ikipe ya Chelsea yasabye abakirisitu kuza muri icyo giterane bambaye imyenda ya Chelsea (Ubururu).

Pasiteri Azigiza ahagaze iruhande rwa gato ikoze mu kirango cy’ ikipe ya Chelsea ashagawe n’ abakirisitu bambaye imyenda ya Chelsea ku buryo ubona bisa neza neza n’ ifoto yo mu mupira w’ amaguru.


Yagize ati “Kubera ubuntu bw’ Imana, Chelsea yaje imbere”

Uyu mupasiteri yabwiye BBC dukesha ko yashakaga kwifashisha imbaraga z’ umupira w’ amaguru kugira ngo avuge imbaraga z’ Imana.

Ikipe ya Chelsea muri 2015 yirukanye umutoza Jose Mourinho wari umaze kuyigeza ahabi. Uyu mutoza w’ Umunyapolutigale yirukanywe Chelsea iri ku mwanya wa 16, nyuma yo gutsindwa imikino 9 muri 16.

Iyi kipe yongeye kuzanzamuka aho iboneye umutoza mushya Antonio Conte, watumye irangiza Chamipona iri ku mwanya wa 10.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa