skol
fortebet

Waba ufite umusaruro mu ibitekerezo byawe?-Rev.Nibintije

Yanditswe: Monday 23, Dec 2019

Sponsored Ad

Mu mezi cumi n’ umunani ashize ubwo nagize ikibazo gikomeye mu buzima, byansabye kwegera Imana cyane mu nzira yo kuyisaba ubufasha bwihuse kuko icyo kibazo numvaga cyanshegeshe.

Sponsored Ad

Umunsi umwe ndi gusenga ku bijyanye n’icyo kibazo, nibwo Imana yambwiye amagambo y’ inshoberamahanga, amagambo asaba gutekereza cyane kugira ngo uyasobanukirwe.

Ubwo yagize iti » Umurimo wawe ntabwo ari uwo...

• Kwigisha nubwo ari byiza
• Kwandika ibitabo
•Ari ukumbwira ibyo bagukoreye
• ari kunyereka ko warenganyijwe

« Ahubwo umurimo wawe ni
ugukunda. »

Kubera ko nukunda, uzabasha:

• kubabarira
• kubasengera
•Kwihangana
•Kurwana intambara yo kwibohoza no kubabohora.

Umurimo wawe ni « ugukunda »
kuko ni ukunda uzakora icyo usabwa gukora muri iyo situation.

Kandi nuramuka wuzuye urukundo, Uzabasha no ...

« GUHINDURA ISI »

Imana ibidufashemo..!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
[email protected]
+14123265034(WhatsApp)

Ibitekerezo

  • Ngewe icyo nsomye kikanyubaka,ni aho Pastor avuze ngo:"Nugira urukundo uzahindura isi".
    Ibi ni ukuri.Igituma iyi si yacu ibura amahoro,nuko abantu badakundana.Barabeshyana gusa.
    Abantu baramutse bafite urukundo,bakirinda gukora ibi bikurikira: Kwiba,kurenganya,kubeshya,kurwana mu ntambara zo mu isi,gusambana,etc...Nta Genocides zakongera kubaho.Ibi byose byavaho burundu kubera ko abantu baba bakundana: Gereza,police,ingabo,Ministry of justice,Minadef,etc...Ntawakongera gufunga inzu cyangwa amaduka,kubera ko nta bajura baba mu isi,nta muzamu,etc...Iyo si twifuza,nta kabuza izabaho,Imana nimara gukura mu isi abantu bose babi.Nkuko Imigani 2:21,22 havuga,mu isi hazasigara gusa abantu beza bumvira Imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa