skol
fortebet

Udushya

Umugore w’imyaka 50 yishwe azira kwiba inyanya 3

Umugore w’imyaka 50 w’ahitwa Chiradzulu mu gihugu cya Malawi,yishwe nyuma yo gukekwaho kwiba (…)

Umukecuru yahishuye ibanga ritangaje ryamufashije kuba amaze imyaka 68 akiri isugi

Umukecuru w’imyaka 68 ukomoka muri Afurika y’Epfo, Malisebo Lebuso,yashyize hanze ibanga (…)

Umugore arashinjwa kurasa umugabo wanze ko basomana

Abapolisi n’abashinjacyaha bo muri Illinois muri Amerika batangaje,umugabo yanze gusoma undi (…)

Ghana:Pasiteri yafashwe ari gusambana n’umuyoboke we bashyirwa ku karubanda

Pasiteri wo mu gihugu cya Ghana utavuzwe amazina,yafashwe asambana n’umugore wubatse bambaye (…)

Afghanistan: Ababyeyi bari guhatirizwa kugurisha abana babo kugira ngo bishyure amadeni

Muri Afghanistan,haravigwa amakuru y’uko imiryango iri guhatirwa kugurisha abana bayo kugira ngo (…)

Umukinnyi ukomeye yishwe n’inkoni ashinjwa kwiba insinga z’amashanyarazi

Abantu babiri barakekwaho icyaha cyo kwica Lucky Maselesele wahoze akina umupira w’amaguru muri (…)

Pasiteri amerewe nabi kubera kujya mu bapfumu akoresheje amaraso y’umwana w’imyaka 12

Uwiyise Pasiteri mu gihugu cya Nigeria yatawe muri yombi azira kugerageza gukoresha amaraso (…)

Umusore yarumwe igutsina n’igifi cya Shark bimuviramo urupfu [AMAFOTO]

Abashinzwe gutabara ubuzima mu nyanja bagize ubwoba ubwo bakuraga mu mazi umusore wuzuye amaraso (…)

Arashijwa kwica umugore we amuziza ko yamututse ko atazi gutera akabariro

Umugabo wo muri Kenya witwa Stephen Nyangeri Mauti, arashinjwa kwica umugore we, Faith Nyatichi, (…)

Dore impamvu 5 nyamukuru zituma abakobwa b’iki gihe batinda kwemerera umuhungu urukundo

Gusaba urukundo ku muhungu arusaba umukobwa si kintu cyoroshye abanza akabitekerezaho ndetse (…)

Umusore yaciye ibintu henshi kubera igihano yahawe nyuma yo guca inyuma umukunzi we

Umusore utavuzwe amazina,yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara muri Euston,mu (…)

Umwarimukazi ufatwa nk’uhiga abandi uburanga muri Afurika yavugishije benshi kubera amafoto yashyize hanze [AMAFOTO]

Umwe mu barimukazi bakunzwe cyane muri Afurika y’Epfo kubera imiterere ye yavugishije benshi (…)

Umuhanzikazi yatangaje ko abapasiteri bamusabye kujya yambara impenure ngo akurure abayoboke

Umuririmbyi wo muri Ghana yatangaje ko imyambarire ye ndetse n’imiterere ye byamubereye imbaraga (…)

Sobanukirwa ingaruka zikomeye zibasira umuntu ukunda kuryamira

Gusinzira mu buzima bw’umuntu ni igikorwa cy’ingenzi cyane , ari nayo mpamvu mu masaha 24 umunsi (…)

Pasiteri yishe umugore we nawe ariyahura amuhoye ko yamwanduje VIH/SIDA

Umupasiteri wo mu Ntara ya Nyamira, muri Kenya,arashinjwa kwica umugore we nawe ahita yiyahura. (…)