skol
fortebet

Udushya

Umugore yaburiwe irengero nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka 10 w’umukunzi we

Polisi yo mu gace kitwa Makueni mu gihugu cya Kenya iri guhiga bukware umugore ukuze uherutse (…)

Umugabo yagaragaye ari gukirana n’igifi cy’inkazi cyo mu Nyanja [AMAFOTO]

Umugabo udasanzwe wo mu gace kitwa Delaware ku mucanga witwayafahwe Cape Henlopen State Park (…)

Umugore yaciye igitsina se umubyara wamufashe ku ngufu imyaka 10 arangije ajya kugita mu isoko

Umugore w’imyaka 29 wo mu gihugu cya Thailand yatawe muri yombi nyuma yo guca se umubyara (…)

Wa mugore wagiye kuvura abagabo yambaye utwenda tw’imbere yahawe akazi gatangaje

Umugangakazi w’Umurusiya witwa Nadia Zhukova w’imyaka 23 uherutse guca ibintu ubwo yajyaga (…)

Inkende yatawe muri yombi nyuma yo gusinda igahohotera abantu 250 barimo umwe yishe

Inkende yitwa Kalua yo mu gace kitwa Marzapur ko mu ntara ya Uttar Pradesh mu Buhindi yatawe (…)

Musanze: Umugabo n’umugore bafashwe bamaze kubaga ihene n’inkoko bari bibye batambagizwa umujyi bazikoreye

Umugabo n’umugore batuye mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Kigombe mu Karere ka Musanze, bibye (…)

Ya sake yamamaye ubwo yajyanwaga mu rukiko ishinjwa gusakuriza abaturanyi yapfuye

Isake yitwa Maurice yigeze gutuma nyirayo ajyanwa mu rukiko kubera agasaku kayo iri kubika mu (…)

Umwana w’imyaka 16 yishwe n’uruziramire rwamwizinze mu ijosi ruramuniga ari kurira imisozi[AMAFOTO]

Umwana w’imyaka 16 wo mu gihugu cya Indonesia witwa Alfian,yishwe anizwe n’uruziramire (…)

Abajura 18 bakubiswe n’inkuba batererejwe n’abaturage bari bibye amamiliyoni bapfa barimo kugabana

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’abajura basanzwe banashimuta abantu bageze kuri 18 (…)

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu yabaye umumotari nyuma yo gukubitwa n’inzara ya Coronavirus

Umukinnyi ukina mu kiciro cya mbere muri Kenya no mu ikipe y’igihugu witwa Wesley Onguso ukina (…)

Umusore watereye ivi mu ishyamba mu gihe cya Coronavirus yaciye ibintu [AMAFOTO]

Byari bimenyerewe ko bamwe mu bakundana bakorera umuhango wo gutera ivi mu nzu (…)

Umugore umaze kubyara abana 15 mu myaka 13 arashaka umugabo umufasha gukomeza kubyara

Umugore witwa Hodhan Abdullahi Ibrahim w’imyaka 35 utuye mu gace kitwa Neboi mu nkengero (…)

Umupangayi yatwikiwe mu nzu na shebuja nyuma yo kubura amafaranga yo kumwishyura kubera Coronavirus

Umupangayi witwa Amos Ssuubi w’imyaka 23 wo mu gihugu cya Uganda yatwikiwe mu nzu yari (…)

Umugabo yasanganwe ifi nini mu mubiri we bitera ubwoba abaganga

Umugabo w’imyaka 30 ukomoka mu gihugu cy’Ubushinwa yaciye ibintu nyuma y’aho abaganga bamubaze (…)

Umunyamakurukazi yarokotse amenyo y’ingona yashatse kumurya ubwo yafatiraga amashusho hafi yayo

Umunyamakurukazi witwa Zarisha Bradley ukorera ikinyamakuru cyitwa Nine News cyo muri Australia, (…)